Year: 2020

Izina ryose wakwitwa, idini yose wasengeramo, ugikora imirimo ya kamere, ntuzaragwa ubwami bw’Imana. ntucikwe n’umunsi wa karindwi w’igiterane cy’ivugabutumwa Ev. Justin HAKIZIMANA

0Shares

Umunsi wa 7 w’igiterane cy’ivuga butumwa Intego y’igiterane “icyaremwe gishya ubuzima nyakuri”2abak. 5:17 Intego y’ijambo ry’Imana:“kuyoborwa n’umwuka ubuzima bw’umukirisitu.”Abagalatiya 5:16 Mukuyoborwa n’umwuka habamo kumvira Imana. Dawidi yari afite umutima unezeza Imana mu buto bwe kandi wakoraga nkuko Imana ishaka. Kandi…

 2,040 total views

0Shares

Ibifatika byose Yesu yaje abisanga ino aha, ahubwo yazanye ikitahaba aricyo Bugingo buhoraho. komeza gurikirana umunsi wa 6 w’igiterane cy’ivuga butumwa Ev. Jean Paul NZARAMBA

0Shares

Yohana 7:38 “38 “Unyizera, imigezi y’amazi y’ubugingo izatemba iva mu nda ye, nk’uko ibyanditswe bivuga.” Kuba wararangije amashuri ukaba wicaye mu biro, ntabwo aribwo buzima bushya, ubuzima bushya ni ukuba muri Kirisitu yesu, uko ni ugufata ubundi buzima ariko sibwo…

 1,340 total views,  2 views today

0Shares

Nta karitsiye, nta gihugu, nta dini, waturamo ngo biguhe ubushobozi bwo kunesha icyaha. umunsi wa 6 w’igiterane cy’ivuga butumwa Ev. Jean Paul NZARAMBA

0Shares

Intego y’ijambo ry’Imana: “isoko y’ubugingo” 2Abakorinto 5:17 “17Umuntu wese iyo ari muri Kristo aba ari icyaremwe gishya, ibya kera biba bishize. Dore byose biba bihindutse bishya”. Yohana 7:38 “Unyizera, imigezi y’amazi y’ubugingo izatemba iva mu nda ye, nk’uko ibyanditswe bivuga.”…

 1,094 total views

0Shares

“Dushake Umutima unezeze Imana” Ev.KANOBANA Jean Baptiste

0Shares

Twasomye Abaroma 8:5 Umwigisha KANOBANA Jean Baptiste yatangiye avuga ati”benedata tureke kwishushanya nka bik’igihe,kandi tugomba guhinduka rwose ahantu hatatu ari mu bitekerezo,mu myumvire no mu bikorwa kandi iyo ubikoze ugomba guhamya mu bandi ko wakiriye Yesu kristo. Ubundi iyo umaze…

 1,634 total views

0Shares

Ikibazo abantu barahindura Idini ntibari guhinduka Imitima . kurikirana umunsi wa gatanu w’igiterane cy’ivugabutumwa Ev. Jean Baptist KANOBANA

0Shares

Icyumweru cy’ivugabutumwa ku munsi wa 5 Intego: “Umutima mushya guhinduka nyakuri” Abaroma 12:2“Kandi ntimwishushanye n’ab’iki gihe, ahubwo muhinduke rwose mugize imitima mishya, kugira ngo mumenye neza ibyo Imana ishaka, ari byo byiza bishimwa kandi bitunganye rwose”. Ushobora gukora Imirimo y’Imana…

 1,510 total views

0Shares

Kurikira iteraniro ryo kuri uyu wa kabiri Tariki ya 21/01/2020

0Shares

Igiterane kirakomeje,uyu ni umunsi wa kane wacyo kikaba gifite intego iti” icyaremwe gishya,ubuzima nyakuri “. Umwigisha akaba ari Ev. MUNYESHYAKA Edmond. Amateraniro aratangiye kuririmba indirimbo ya 208 mu gushimisha igira iti” kubana na Yesu,iteka mu ijuru” Dukomeje gufashwa na korari…

 1,300 total views

0Shares

Igiterane cy’ivugabutumwa kirakomeje kurikirana umunsi wa kane w’igiterane

0Shares

dutangiye Amateraniro turirimba indirimbo yo mu gitabo ya mirongo ine n’umunani mu gakiza tugeze mu mwanya wo kwakirana Tugeze mu mwanya mwiza w”ijambo ry’Imana Umwigisha ni MUNYESHYAKA Edmond Tukomeze dusoma Abaroma 8:26,2 abakorinto 4:10 Umwigisha aragaruka ku gihembo cy’icyaha,aho agiye…

 1,566 total views

0Shares

umunsi wa gatatu w’igiterane urakomeje, kurikirana hano live uko gahunda ziri gukurikirana Ev. Clement KARANGAYIRE

0Shares

umwigisha ati ikibazo si ibikuriho ahubwo ikibazo ni ibikurimo. impamvu Sawuli yabuze amahoro ari imbere ya Goliyati ni ukubera ko mu mutima we harimo icyaha. ariko impamvu Dawid afite amahoro imbere ya Goliyati ni ukubera ko bahuye we ntacyaha afite…

 1,330 total views

0Shares

kurikirana umunsi wa gatatu w’igiterane cy’ivugabutumwa(live) kiri kubera kuri sitade ya kaminuza

0Shares

Ni igiterane cyatangiye kuwa gatandatu i tariki ya 18/01/2020 kikaba gifite intego igira iti”icyaremye gishya,ubuzima nyakuri” riboneka 2 abakorinto 5:17. umwigisha uyu Munsi ni Ev.karangayire Clement uturuka i Kigali Paruwasi ni REMERA hagiyeho umwigisha dutangiye dusoma Abaroma 8:6 Umutima wa…

 1,276 total views

0Shares

Ntamuntu wabaye icyaremwe gishya ugendera mu gihiriri. Benjamin Mugabo

0Shares

                                              Ijambo ry’Imana Umwisha: Mugabo Benjamin Intego y’jambo ry’Imana: “guhindura” Kubara 13:30: “Kalebu ahoreza abantu imbere ya Mose, ati “Tuzamuke nonaha tuhahindūre, kuko tubasha rwose kuhatsinda.” 2Abakorinto5:17: “Umuntu wese iyo ari muri Kristo aba ari icyaremwe gishya, ibya kera biba…

 1,092 total views

0Shares