Ibintu bitanu bishoboza umu kristo gukura muburyo bw’umwuka/kwegezwa imbere aho atunganirizwa
MANZI Christian avuze ibintu bishobora gutuma umu kristo akura mu buryo bw’umwuka akegera imbere aho atunganirizwa rwose, wakwibaza ngo Akura ate? “Nicyo gituma dukwiriye kuba turetse guhora mu bya mbere bya Kristo, tukigira imbere ngo tugere aho dutunganirizwa rwose, twe…
2,908 total views
Byari agahinda kenshi cyane gusezera kubafinaliste bakoreye umurimo w’Imana muri CEP UR Huye campus/korari y’abafinaliste ubuhamya bwiza isigiye abasigaye umurage ukomeye
Abafinaliste bakoreye umurimo w’Imana muri CEP UR Huye Campus batubwiye Imirimo y’Imana yabakoreye, uko ybanye nabo mu masomo, mu mibereho ya hano muri kaminuza, mu buzima bw’umwuka, bashimiye Imana uko yabakujije muburyo bw’umwuka n’umubiri kandi bahumuriza n’abasigaye. bababwiye ko bishoboka…
1,618 total views
Ese nge na Yesu tuziranye ute? menya impamvu yatumye yakobo akirana na malayika n’abantu akanesha, kuki yakiranye nawe?
Ese nge na Yesu tuziranye ute? twibaze kuri iki gice cy’igitabo cy’ itangiriro 32:23-30 ese kitwigisha iki? ibi bice bigera ku munani bigaragaza uko yakobo yakiranye na malayika w’Imana n’abantu maze akanesha, kuki yakiranye nawe? Mu mateka ya yakobo yari…
1,652 total views
Ni iki kihishe Inyuma y’ Urugendo rwa Korali Vumiliya?
Korali Vumiliya ikorera umurimo w’Imana muri Kaminuza y’U Rwanda,Ishami rya Huye iri kwitegura kujya mu rugendo rw’Ivugabutumwa I Musanze, uru rugendo ruzamara Iminsi ibiri. CEP-UR HUYE ni Umuryango w’abanyeshuri b’abapantekote ukorera umurimo w’Imana,kaminuza y’u Rwanda,Ishami rya Huye.Uyu muryango ugira korari…
1,670 total views
Korali Enihakole ikoza amateka ihuze CEP-UR HUYE yose basangira Inka.
Korali Enihakole ni imwe mu zikorera Umurimo w’Imana muri kaminuza y’U Rwanda,ishami rya Huye Muri CEP UR HUYE. Kuri iki cyumweru iyi korali yateguye umunsi wo gushimira Imana yabanye nabo mu gihe gitambutse, akaba ari Umuhango wabereye hanze ya kaminuza…
1,844 total views
Ruhukira mu mahoro kuko Amahoro aruhukirwamo nabaruhutse icyaha ndetse Ubuzima bwawe bwarabigaragaje, Urabeho: Pasitoro Canisius NZABONIMPA.
Kuwa gatandatu w’iminsi irindwi ubwo yavaga mu ivugabutumwa n’abandi bashumba mu karere ka Rubavu yaratashye ajya kuruhura umubiri aho yari yateganyirijwe. Mu gitondo bakomanze urugi rwaho yaraye ntiyafungura bazana abafite mu nshingano umutekano (Police) bafungura urugi uko babitojwe basanga aryamye…
1,670 total views
menya impamvu abantu bakunda gushima Imana! ese abashima Imana ubigiraho iki?
Pastor Frank avuze ukuntu Imana yamurindiye mu buhungiro aherako ashima Imana ahamya ko ntacyatuma adashima, kandi ngo ntacyatuma areke Imana, nkuko intego iri muri zaburi ya 126:3 Uwiteka yadukoreye ibikomeye, Natwe turishimye. Niyo mpamvu tugiye kubanza kureba hamwe muhantu hava ibyishimo, habaho…
2,572 total views, 4 views today
Korali Enihakore yongeye gutumirwa mu ivugabutumwa yakoreye mu gitaramo cyateguwe na AJEMEL muri Kaminuza y’u Rwanda ishami rya huye
Atangije iteraniro indirimbo yo mugitabo ya 204 dore ibendera rya Yesu riramanitswe, nguyu araje ahuruye atyo ngo atabare Abe, ngo ati yemwe ndaje nimukomere, ko ndi hamwe namwe ninde wabashobora? Korali bonne nouvelle batubwirije mu ndirimbo nziza bati: “Yesu niwe…
1,206 total views