Ikibazo Imana ifitanye n’Abigisha Igice cya karindwi: banze gusabana nabo bayobora ngo baba bisuzuguza/je.
Mumyaka itanu ishize nigaga mu ishuri ry’igishaga ubuyobozi no guhindurira abantu kuba abigishwa ba Yesu, ubwo twigaga isomo ry’ubuyobozi twabajijwe n’umwarimu uko umuyobozi agaragara bamwe muritwe ndibuka ko basubije ko ari umuntu munini ugaragiwe n’abarinzi bafite intwaro mu ntoki zabo,…
4,207 total views
Iyo banyuze mu gikombe Baka bagihindura ahantu h’amasōko, ese nibande?/bitwigisha iki mubuzima bwa buri munsi?
Akenshi dusoma, cyangwa tukumva ijambo igikombe baaka ariko harigihe umuntu adahita yumva icyo aricyo, ariko iyo bavuze igikombe baka twumvamo amagambo abiri “igikombe” ndetse na “baka” baka bivuze amarira cyangwa amaganya. Bibiliya ivuga igikombe baka nk’igikombe cyamaganya cyangwa amarira. (zaburi…
2,180 total views
Reba umuhango wera wo kubatiza abizera bashya ba cep ur huye campus wabereye kuri ADEPR Taba/”kurikira Inama rusange yaguye (General assembly) yo gusobanurira abanyamuryango bashya umuryango CEP uwo ariwo n’uko ukora”
Nyuma y’amezi agera kuri arindwi Umuryango w’abanyeshuri b’abapantekote Ukorera umurimo w’Imana muri kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye (CEP) bari bamaze badakora umuhango wera wo kubatiza abizera bashya kubera icyorezo cya covid 19. uyu muhango waherukaga gukorwa 13 ugushyingo 2021…
1,164 total views, 2 views today
Urwandiko rwandikiwe ab’Itorero Igice cya munani: yababajije ikibazo cy’ubumenyi (Satani), ababwirako bazasa n’Imana bibagirwa ko baremwe mu ishusho yayo (Adamu na Eva).
Satani si umuswa nkuko bamwe bashobora kuba babyibwira, ahubwo ni umuhanga mu bice bitandukanye by’ubuzima, ariko turagaruka ku gice cy’iyobokamana. Satani ni umuhanga wazobereye mukubaza ibibazo-suzuma bumenyi ryerekeye iyobokamana agamije kujora (criticism) amahame n’amategeko y’umuremyi ngo acogoze abizera binyuze mu…
2,130 total views
Menya inzira ijya aho Imana iri, aho iba, n´uburyo wakoresha uyishaka|| atubwiye amagambo akomeye avuga impamvu tugomba gushaka Imana.
Mu cyumweru cyambere cy´umwaka w´amashuri 2021-2022 Ev. MBARUBUKEYE J. Claude atubwiye amagambo akomeye n´impamvu buri wese yakoresha kugirango abone Imana. turaburirwa ngo “Nimushake uwiteka bigishoboka ko abonwa, nimumwambaze akiri bugufi” (yesaya 55:6) nkunda abankunda kandi abanshakana umwete bazambona. hari uburyo…
2,304 total views
Urwandiko rwandikiwe ab’Itorero Igice cya Karindwi: Nubu baracyabijyaho impaka ibirenge bye bireba imbere ariko amaso ye arareba inyuma (Mukaroti).
Mu mutima w’umuntu niho hacurirwa imigambi myiza cyangwa mibi kandi icyihuzuye amaherezo, nicyo kimutera imbaraga zo gusohoza iyo migambi. Hahirwa umuntu ugufitemo imbaraga, Hahirwa abafite mu mitima inzira zijya i Siyoni (Zaburi 84:6). Kuzuza umutima ibiwuhesha imbaraga ndetse n’ubundi butunzi…
1,764 total views
Ikibazo Imana ifitanye n’Abigisha Igice cya Gatandatu: kubera Ubucuti yarafitanye n’Umutambyi byatumye amushyira mu nzu y’Imana (Eliyashibu).
Umwigishwa asa n’umwigisha ndetse ntawaba umwigisha adafite icyo ahuriyeho n’uwamwigishije bityo ushobora kubona umwe yigisha ukamenya uwamwigishije uwo ariwe. Igitangaje singano yibyo yize afite ahubwo igifite icyo kimaze ni isooko yavomeyeho iyo ngano. Mu isezerano rya kera Imana yahisemo ubwoko…
1,278 total views
Urwandiko rwandikiwe ab’itorero igice cya Gatandatu: Nubwo yari mugufi ndetse akitwa n’Igisambo ariko dufite Abakiristo nkawe byahanagura amarira ya benshi (Zakayo).
Iyo uri mu ikoraniro uteraniramo ukumva umwigisha avuze izina Zakayo ni iki kiza mubitekerezo byawe bwambere? Ntekerezako uhita ubona umugabo mugufi, ndetse hari nabahita bumva umukire wisuzuguje akurira igiti ashaka kureba Yesu. Ndetse harinirindi tsinda ry’abantu bavuga ko yari umujura,…
5,395 total views
Yesu yigisha abigishwa be gusenga, ati “musenge ubudasiba” kuki yababwiye aya magambo?/niki cyari kibyihishe inyuma?
Yesu yajyaga aganira n’abigishwa be abahugura, abigisha gusenga ati: “musenge mutajya mu moshya, musengeshe umwuka iteka muburyose bwose bwo gusenga kandi ngo musenge ubudasiba“. Imana yaremye umuntu imukunze kugirango basabane kugirango imubere isoko avoma mo ubuzima bwe bwose. (Abaroma 12:12)….
3,555 total views
ni uwuhe mugambi Imana ifite ku muntu?/ese umugambi w’Imana kuri wowe urawuzi?/ujya wibaza ngo njye nakorera Imana iki? menya byinshi muri iyi nkuru
Theophile HABIYAREMYE atubwiye umugambi w’Imana kumuntu Umugambi w’Imana kuri wowe ni uwuhe? tekereza impamvu Imana yagushyize aho uri (position), Urupfu haribyo rutinya rutinya umugambi w’Imana ku muntu niyo mpamvu uhamagarirwa gukorera Imana kugirango usohoze uwo mugambi. Nyina wa mose akibyara…
2,206 total views