Year: 2022

Urwandiko rwandikiwe ab’itorero igice cya cumi: benshi barabisomye(ma) ariko ntibabitekerezaho, burya nta ntwaro yakoresheje ahubwo yakoresheje amagambo (Goliyati).

0Shares

Hari abantu bavuga nabi ukagirango nibyo baremewe gukora kandi bitwa ko bakijijwe (aya magambo nayakuye kurukuta nkoranya mbaga rwa watsapu rw’umushumba wahamagariwe gutoza no kwigisha ku muryango “Pasitoro Desire Habyalimana). Abahanga mubijyanye n’imitekerereze (Psychologist) bavuga yuko kuvuga nabi bikomoka kukuba…

 1,718 total views

0Shares

MENYA NIBI GICE CYA GATATU: NI WOWE UKWIRIYE GUHITAMO NEZA

0Shares

Ku munsi wa gatandatu Imana irema, yaremye umuntu ndetse yabonye ko ari byiza (Itangiriro 1:26). Mu by’ukuri Imana yaremye umuntu mu buryo butangaje (Zaburi 139:14) ku rwego yamushyizemo imwe mu mimerere nk’Iyayo(Imana)! Ibi byateye Imana guha umuntu ubutware bwose bwo…

 1,300 total views,  4 views today

0Shares

MENYA NIBI IGICE CYA 2: KUNESHA BISABA KURWANA

0Shares

Umwe mu bigeze kuba umusirikare yaravuze ati: “ntibishoboka ko uba umusirikare mwiza mu gihe udafite kwihangana”. Iri jambo “kwihangana kugeza ku butsinzi”, naryumvise neza igihe narimfite ikizamini cy’ishuri muri kaminuza kandi kinsaba kugitsinda byanga byakunda. Kuko numvaga ko gutsindwa iryo…

 1,166 total views

0Shares

Yararambagijwe umunsi w’ubukwe ugeze arabengwa atahira kuba yararambagijwe gusa: umukwe ati: “sinashyingiranwa n’umugeni w’umutindi”

0Shares

nshuti mukundwa wandikiwe iyinkuru ngo ikubere imfashanyigisho, Umukwe yarambagije umugeni nuko umugeni yitwara uko yishakiye yibwira ati narasabwe rwose ntiyetegura ubwo bukwe ngo ashake ikanzu yera, igihe kugeze ngo ashyingirwe, umukwe aramugenzura asanga ni umutindi, utarigeze yirimbisha, asanga uko yamukunze…

 1,086 total views

0Shares

MENYA NIBI (igice cya mbere) : Yari umutunzi, ashaka kugerayo ariko ntiyari azi inzira!

0Shares

Mu myaka yashije nigeze gutekereza ku bantu ba batunzi (abakire), muri icyo gihe rero nibwiragako abatunzi batajya bagira icyo bakena cyangwa ngo bagire icyo bifuza cyane ko nabonaga babayeho mu buzima bwiza. Hashize igihe naje kwegera umubyeyi ukuze, mubaza iby’icyo…

 1,146 total views

0Shares

Ikibazo Imana ifitanye n’Abigisha Igice cya munani: Bihutiye kubabatiza bibagirwa/batinda kubigisha nicyo cyatumye badakura.

0Shares

Mbese ibyo usoma ibyo urabyumva (Ibyakozwe n’Intumwa 8:30B). Aya ni amagambo yavuzwe n’umugabo witwa Filipo ayabaza inkone y’umugabekazi Kandake w’abanyetiyopiya kuko yari yarasobanukiwe ko ishingiro ryo kumenya atari ugufata mu mutwe ibyo dusoma ahubwo ishingiro ryo kumenya ari ukumva no…

 1,380 total views

0Shares

Amubonye abona yambaye imyambaro iteye isoni, amugirira imbabazi aratuma ngo bamuzanire imyambaro mishya: menya impamvu dukeneye imbabazi z’Imana/ese wowe imyambaro yawe iraboneye?

0Shares

Iri vugabutumwa rya Korali Enihakore ryari rifite intego yo kubwira abantu ko bihana, no kubwira abasubiye inyuma ko bakeneye imbabazi z’Imana, bakibuka ibyo Imana yabakoreye bibagiwe bigatuma bagomera Imana, Jmv Nizeyimana yatubwiye ko dukeneye imbabazi z’Imana mubihe byose mubuzima bwose….

 1,006 total views

0Shares

Reba uko Korali Enihakore yahembuye imitima y’abakristo bo ku itorero rya Kizi mu ndirimbo

0Shares

Iterniro ritangiye riyobowe n’umuyobozi w’itorero rya kizi Nshutiraguma Emile atangije indirimbo yo gushimisha Imana, ndtse natwe ubwacu, ati nibyiza kureba ab’Imana bateranye  bakundanye mwuka wera ubakunda abazengurutse umucyo (327). Iri torero rifite amakorali atandukanye ahakorera umurimo w’Imana, korali urumuri igaragarako…

 1,406 total views

0Shares

Urwandiko rwandikiwe ab’Itorero igice cya cyenda: Bamwe ni kumanywa abandi ni nijoro, barabashatse baburirwa irengero, abandi bari kuboroga mu marira menshi, polisi mpuzamahanga irahamagaranye, nyuma babonye icyabiteye

0Shares

Umunsi umwe nigeze kwibaza mu mutima nti: kubera iki abahanuzi, abaririmbyi iyo bahanura cyangwa bari kuririmba bavuga bati: umunsi umwe tuzirirwa mu isi ariko ntituyiraremo ubundi bakavuga ko tuzarara mu isi ariko ntituyirirwemo? Ese kubera iki batavuga kimwe muribyo? Naje…

 1,406 total views

0Shares

Niki kitezwe murugendo rw’ivugabutumwa rya korali Enihakore muri Paruwasi ya Kinyamakara, itorero rya kizi?

0Shares

Korali Enihakore ikorera umurimo w’Imana muri Kaminuza y’u Rwanda Ishami rya Huye iri kwitegura kujya mu rugendo rw’Ivugabutumwa i KIZI Korali Enihakore ni imwe muri korali enye zikorera umurimo w’Imana muri CEP UR HUYE CAMPUS arizo Vumiliya, Elayo, Alliance hamwe…

 994 total views

0Shares