Amakuru

Abayobozi bashya ba CEP UR HUYE basengewe Amafoto

0Shares

Ni kuri iki cyumweru tariki ya 10 Gashyantare 2019 muri Main auditorium ya kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye habaye umuhango wo gusengera abayobozi bashyashya ba CEP UR HUYE bagiye gukora umurimo w’Imana mu mwaka w’amashuri 2019-2020.

Amatora yabaye tariki  6 Mutarama 2019 ntibahise basengerwa kuri uwo munsi  kubera izindi gahunda z’umurimo w’Imana.

 Kuri iki gitondo abanyamuryango ba CEP UR HUYE bazindukiye  mu iteraniro ryo gusengera abayobozi bashyashya bazahagarira umurimo w’Imana mu mwaka w’amashuri 2019-2020 umuhango witabiriwe na Rudasingwa Claude ushinzwe ivugabutumwa muri ADEPR,Umushumba w’ururembo rw’amajyepfo wungirije Jean Jacques Karayenga,Umushumba wa paruwasi ya Taba Nimuragire JMV, Aumonier w’akarere Nsengimana Laurien,n’abandi bayobozi muriADEPR si abo gusa kuko harimo n’abandi bahagarariye CEP mu mashami atandukanye ndetse  nabigeze kuyobora CEP UR HUYE  mu myaka yabanje batandukanye,abakristo ndetse n’amakorali atandukanye muri CEP UR HUYE. Uyu muhango wayobowe na Tuwamini Everyjuste.

Inkuru iracyari gutunganywa n’amafoto aracyari kujyamo

Maombe Bernabe President CEP ucyuye igihe aha Gashugu Yves ububasha nka president usimbuwe

 1,576 total views,  2 views today

0Shares

1 COMMENTS

LEAVE A RESPONSE

Your email address will not be published.

CEP UR HUYE Christian Student in Year 4 Business information and Technology (BIT) Huye based campus
%d bloggers like this: