cepurhuye.org

Menya ibintu biranga umukristo nyakuri

0Shares

Ijambo ry’uyu munsi twarigejejweho na BYIRINGIRO JEAN, Umuririmbyi muri chorale Enhakole akaba yiga mu ishami ry’ubuvuzi  rusange(General medicine). Tumaze iminsi tuganirizwa ku magambo aboneka mu gitabo Pawulo yandikiye Abaroma 2:17-29, harimo ikibazo kibaza giti” Ese umukristo nyakuri aba ameze ate.”…

 5,012 total views,  2 views today

0Shares

Nyuma y’Amezi umunani CEP UR HUYE yongeye guterana atari mu buryo bw’ikoranabuhanga,uko amateraniro yagenze.

0Shares

Nyuma y’amezi umunani kubera icyorezo cya koronavirus amashuri yarahagaritswe arimo na za kaminuza ninacyo cyatumye guterana bidakomeza nkuko byari bisanzwe muri CEP UR HUYE. Nyuma y’ayo mezi yose guterana bidakunda muri CEP ,uyu munsi tariki ya 8/11/2020 kaminuza y’u Rwanda…

 1,082 total views,  4 views today

0Shares

CEP UR Huye Worship Team yakoze igitaramo ihembura benshi [Amafoto]

0Shares

Guhera i saa munani zuzuye muri Main auditorium muri Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye Worship team ikorera umurimo w’Imana muri CEP UR Huye yakoze Concert nziza cyane yari yitabiriwe n’abakristo bo muri CEP UR n’abashyitsi batandukanye harimo Chorale New…

 1,378 total views

0Shares

Mu mafoto kurikirana Iteraniro rya CEP UR Huye hamwe na New Melody

0Shares

Ni kuri iki cyumweru tariki 12/05/2019 muri Main auditorium hari kubera amateraniro ya CEP UR Huye nk’uko bisanzwe ariko uyu munsi ni umwihariko udasanzwe kubera abashyitsi twakiriye harimo New Melody Family Choir, Mwarimu w’umudugudu wa Nyarugenge Nzaramba Jean Paul,n’abandi bashyitsi…

 1,512 total views,  8 views today

0Shares

Ubuhamya: Mama Lionel, yategereje imyaka 11 umugabo wari waramukoye, ntiyinuba ,

13Shares

Nitwa NYIRABAGENZI Alice, mvuka I butare mu ntara y’amajyepfo, nakijijwe mu mwaka w’1992, nkurira mu gakiza gutyo, mu mwaka w’1995 narambagijwe n’umusore tumara imyaka itanu dukundana, ankwa mu mwaka w’2000, ubukwe busohora mu mwaka w’2006 NYIRABAGENZI Alice ( Mama Lionel)…

 1,436 total views,  4 views today

13Shares

RUKIRI II: Akira ishimwe live concert yateguwe na korari rehoboth

0Shares

Korari Rehoboth isanzwe ikorera umurimo w’Imana, mu itorero rya ADEPR Rukiri II, muri Paruwasi ya Rukiri I, ho mu itorero ry’Akarere rya Gasabo, imaze imyaka isaga makumyabiri(20), ikora uyu murimo, birumvikana ko iwufitemo uburambe. Iyi korali yamenyekanye ku ndirimbo zakunzwe…

 1,790 total views,  2 views today

0Shares