cepurhuye.org

Ese waba uzi icyo usabwa gukora? kugirango icyusaba Imana cyose ugihabwe.

0Shares

Imirimo Uwiteka yakoze irakomeye, Irondorwa n’abayishimira bose.  Abanyeshuri bakorera umurimo w’Imana muri CEP UR HUYE Campus kuruyu munsi waranzwe no kuramya ndetse no guhimbaza Imana cyane. El-Elyon worship team bahimbaza Imana bagira bati YESU yahozeho kandi azahoraho iteka ryose, turabagabo…

 1,102 total views

0Shares

Menya ibintu byagufasha kunesha ibishuko

0Shares

Umwigisha UKUNDWANIWABO Eric yatangije indirimbo ya 107 mu ndirimbo z’agakiza igira iti” Twemezwa n’iki ko tuzagera mwijuru? N’umwuka w’ihoraho. Hano twakibaza ikibazo kigira kiti ubundi twemezwa ko tuzagera mu ijuru ariko igisubizo n’iki ni Umwuka w’ihoraho, Ijambo ry’Imana ryahawe umutwe…

 1,164 total views

0Shares

Kurikirana uko igiterane cyahuje abanyeshuri bose bakorera umurimo w’Imana muri ur-huye campus cyagenze

0Shares

Ibyiza uwiteka yangiriye byose, nabimwitura iki? iyi n’intego yaranze iki igiterane cyo gushima Imana cy’abanyeshuri Bose bakorera umurimo w’Imana muri kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye aba banyeshuri bakaba bakorera umurimo w’Imana muraya ma korali ariyo Rangurura, Boaz hamwe na…

 1,450 total views

0Shares

Ese umuntu akwiriye kubaho gute mu gakiza yakiriye?

0Shares

ku ruyu wa 4 nyakanga 2021 abanyeshuri dukorera umurimo w’Imana muri CEPUR-HUYE CAMPUS twagiriwe umugisha wo gusurwa n’umubyeyi wacu EV. Daniel SINIGENGA, yatuganirije ijambo ry’Imana ryiza ryahembuye imitima ya benshi mu bateranye, umwigisha yatangiye asoma mu rwandiko rwa yuda 1:3,…

 1,188 total views

0Shares

Ese kuyoborwa na Mwuka wera bifite uwuhe mumaro?

0Shares

Mana iyotwibutse imirimo y’amaboko yawe bituma tukuramburira amaboko kuko uruwera, buri wese yumvishe ko kubigundira aho ari bidakwiriye twese twaje munzu yawe ngo tugushime uko bikwiriye. twagiriwe umugisha Kuri ki cyumweru wo kuganirizwa ijambo ry’Imana numwe mu banyeshuri bakorera umurimo…

 3,215 total views

0Shares

Burya nawe washobora ibiguteye ubwoba -Ev Nizeyimana samuel

0Shares

Nkuko Dawidi yibutse iminsi ye yakera akaramburira uwiteka amaboko akamushima Niko natwe uyu munsi twaje imbere y lmana kugirango tumushime. Umwigisha wuyumunsi Ev Nizeyimana Samuel atuganirije ijambo ryiza riri mu gitabo cy’ Abacamanza 6:11-14 havuga ngo 11Nuko marayika w’Uwiteka araza…

 1,332 total views

0Shares

Ibyago biva mukutubaha Imana

0Shares

Shimwa Mana kowongeye kuduha kunezererwa munzu yawe kuruyu munsi wa agaciro , Eli-eliyon worship team yabuze uko ibivuga igiria iti: “niwowe MANA niwowe byose bihanze amaso kandi niwowe twese twegamiyeho watubereye ibyiringiro, imirimo yakoreye I karuvali niyo ndirimbo yuzuye mu…

 1,244 total views

0Shares

Umumaro w’umwuka wera mu bantu – Evangelist ALPHONSE MUNEZA

0Shares

Icyakora muzahabwa imbaraga Umwuka Wera nabamanukira, kandi muzaba abagabo bo kumpamya i Yerusalemu n’i Yudaya yose n’i Samariya, no kugeza ku mpera y’isi.” Ibyakozwe n’intumwa 1:8 aya namwe mu magambo yesu yasize abwiye intumwa mbere yuko ajya mu ijuru, yasize…

 1,730 total views

0Shares

Ese nigute nkwiriye kwitwara nk’umukristo muribi bihe?

0Shares

Kuruyu munsi twagiriwe umugisha woguterana twese nkaba cepie/enne duhuje umutima, twatangiranye na El-Elyon worshpteam iramya Imana igira iti “Mana uruwera ibyaremwe byose bikuramye mwami yesu ntawe muhwanye.” Imana yacu niyera ibihe byose mubyikora n’ibyo ivuga byose. Twakomeje twese hamwe turirimbana…

 2,001 total views

0Shares

Mana utugarurire iby’igiciro Satani yatwambuye , wakibaza ngo nibihe? – BAJENEZA Theoneste

0Shares

twaganirijwe ijambo ry’Imana na BAJENEZA THEONESTE yatangiye adusomera mubutumwa bwiza uko bwanditse na Yohana 10:10 ” Umujura ntazanwa n’ikindi keretse kwiba no kwica no kurimbura, ariko jyeweho nazanywe no kugira ngo zibone ubugingo, ndetse ngo zibone bwinshi.” Yesu Kristo yaje…

 1,316 total views

0Shares