Kurikirana uko igiterane cyahuje abanyeshuri bose bakorera umurimo w’Imana muri ur-huye campus cyagenze
Ibyiza uwiteka yangiriye byose, nabimwitura iki? iyi n’intego yaranze iki igiterane cyo gushima Imana cy’abanyeshuri Bose bakorera umurimo w’Imana muri kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye aba banyeshuri bakaba bakorera umurimo w’Imana muraya ma korali ariyo Rangurura, Boaz hamwe na…
1,442 total views
Ese umuntu akwiriye kubaho gute mu gakiza yakiriye?
ku ruyu wa 4 nyakanga 2021 abanyeshuri dukorera umurimo w’Imana muri CEPUR-HUYE CAMPUS twagiriwe umugisha wo gusurwa n’umubyeyi wacu EV. Daniel SINIGENGA, yatuganirije ijambo ry’Imana ryiza ryahembuye imitima ya benshi mu bateranye, umwigisha yatangiye asoma mu rwandiko rwa yuda 1:3,…
1,180 total views
Ese kuyoborwa na Mwuka wera bifite uwuhe mumaro?
Mana iyotwibutse imirimo y’amaboko yawe bituma tukuramburira amaboko kuko uruwera, buri wese yumvishe ko kubigundira aho ari bidakwiriye twese twaje munzu yawe ngo tugushime uko bikwiriye. twagiriwe umugisha Kuri ki cyumweru wo kuganirizwa ijambo ry’Imana numwe mu banyeshuri bakorera umurimo…
3,180 total views
Burya nawe washobora ibiguteye ubwoba -Ev Nizeyimana samuel
Nkuko Dawidi yibutse iminsi ye yakera akaramburira uwiteka amaboko akamushima Niko natwe uyu munsi twaje imbere y lmana kugirango tumushime. Umwigisha wuyumunsi Ev Nizeyimana Samuel atuganirije ijambo ryiza riri mu gitabo cy’ Abacamanza 6:11-14 havuga ngo 11Nuko marayika w’Uwiteka araza…
1,324 total views
Ibyago biva mukutubaha Imana
Shimwa Mana kowongeye kuduha kunezererwa munzu yawe kuruyu munsi wa agaciro , Eli-eliyon worship team yabuze uko ibivuga igiria iti: “niwowe MANA niwowe byose bihanze amaso kandi niwowe twese twegamiyeho watubereye ibyiringiro, imirimo yakoreye I karuvali niyo ndirimbo yuzuye mu…
1,234 total views
Umumaro w’umwuka wera mu bantu – Evangelist ALPHONSE MUNEZA
Icyakora muzahabwa imbaraga Umwuka Wera nabamanukira, kandi muzaba abagabo bo kumpamya i Yerusalemu n’i Yudaya yose n’i Samariya, no kugeza ku mpera y’isi.” Ibyakozwe n’intumwa 1:8 aya namwe mu magambo yesu yasize abwiye intumwa mbere yuko ajya mu ijuru, yasize…
1,686 total views
Ese nigute nkwiriye kwitwara nk’umukristo muribi bihe?
Kuruyu munsi twagiriwe umugisha woguterana twese nkaba cepie/enne duhuje umutima, twatangiranye na El-Elyon worshpteam iramya Imana igira iti “Mana uruwera ibyaremwe byose bikuramye mwami yesu ntawe muhwanye.” Imana yacu niyera ibihe byose mubyikora n’ibyo ivuga byose. Twakomeje twese hamwe turirimbana…
1,985 total views
Mana utugarurire iby’igiciro Satani yatwambuye , wakibaza ngo nibihe? – BAJENEZA Theoneste
twaganirijwe ijambo ry’Imana na BAJENEZA THEONESTE yatangiye adusomera mubutumwa bwiza uko bwanditse na Yohana 10:10 ” Umujura ntazanwa n’ikindi keretse kwiba no kwica no kurimbura, ariko jyeweho nazanywe no kugira ngo zibone ubugingo, ndetse ngo zibone bwinshi.” Yesu Kristo yaje…
1,304 total views
Ese urufatiro rw’urusengero arirwo mutima wawe uri kurwubaka ute?
Theophile HABIYAREMYE Umwigisha w’ijambo ry’lmana ry’uyu munsi atangiye aduhugura uburyo tugomba gukorera Imana. umwanya w’amashimwe n’umwanya w’ijambo ry’lmana niyo myanya akunda cyane kuko haribyo itwigisha, kuko ukomeye n’uworoheje, ubabaye n’uwishimye bose bashaka lmana. Dusome ijambo ry’lmana riboneka muri Ezira1:1-3, 1…
1,308 total views
Menya ibintu biranga umukristo nyakuri
Ijambo ry’uyu munsi twarigejejweho na BYIRINGIRO JEAN, Umuririmbyi muri chorale Enhakole akaba yiga mu ishami ry’ubuvuzi rusange(General medicine). Tumaze iminsi tuganirizwa ku magambo aboneka mu gitabo Pawulo yandikiye Abaroma 2:17-29, harimo ikibazo kibaza giti” Ese umukristo nyakuri aba ameze ate.”…
5,012 total views