Umugwaneza Cynthia

Kurikirana uko igiterane cyahuje abanyeshuri bose bakorera umurimo w’Imana muri ur-huye campus cyagenze

0Shares

Ibyiza uwiteka yangiriye byose, nabimwitura iki? iyi n’intego yaranze iki igiterane cyo gushima Imana cy’abanyeshuri Bose bakorera umurimo w’Imana muri kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye aba banyeshuri bakaba bakorera umurimo w’Imana muraya ma korali ariyo Rangurura, Boaz hamwe na…

 1,442 total views

0Shares

Ese umuntu akwiriye kubaho gute mu gakiza yakiriye?

0Shares

ku ruyu wa 4 nyakanga 2021 abanyeshuri dukorera umurimo w’Imana muri CEPUR-HUYE CAMPUS twagiriwe umugisha wo gusurwa n’umubyeyi wacu EV. Daniel SINIGENGA, yatuganirije ijambo ry’Imana ryiza ryahembuye imitima ya benshi mu bateranye, umwigisha yatangiye asoma mu rwandiko rwa yuda 1:3,…

 1,180 total views

0Shares

Ese kuyoborwa na Mwuka wera bifite uwuhe mumaro?

0Shares

Mana iyotwibutse imirimo y’amaboko yawe bituma tukuramburira amaboko kuko uruwera, buri wese yumvishe ko kubigundira aho ari bidakwiriye twese twaje munzu yawe ngo tugushime uko bikwiriye. twagiriwe umugisha Kuri ki cyumweru wo kuganirizwa ijambo ry’Imana numwe mu banyeshuri bakorera umurimo…

 3,180 total views

0Shares

Burya nawe washobora ibiguteye ubwoba -Ev Nizeyimana samuel

0Shares

Nkuko Dawidi yibutse iminsi ye yakera akaramburira uwiteka amaboko akamushima Niko natwe uyu munsi twaje imbere y lmana kugirango tumushime. Umwigisha wuyumunsi Ev Nizeyimana Samuel atuganirije ijambo ryiza riri mu gitabo cy’ Abacamanza 6:11-14 havuga ngo 11Nuko marayika w’Uwiteka araza…

 1,324 total views

0Shares

Ibyago biva mukutubaha Imana

0Shares

Shimwa Mana kowongeye kuduha kunezererwa munzu yawe kuruyu munsi wa agaciro , Eli-eliyon worship team yabuze uko ibivuga igiria iti: “niwowe MANA niwowe byose bihanze amaso kandi niwowe twese twegamiyeho watubereye ibyiringiro, imirimo yakoreye I karuvali niyo ndirimbo yuzuye mu…

 1,234 total views

0Shares

Umumaro w’umwuka wera mu bantu – Evangelist ALPHONSE MUNEZA

0Shares

Icyakora muzahabwa imbaraga Umwuka Wera nabamanukira, kandi muzaba abagabo bo kumpamya i Yerusalemu n’i Yudaya yose n’i Samariya, no kugeza ku mpera y’isi.” Ibyakozwe n’intumwa 1:8 aya namwe mu magambo yesu yasize abwiye intumwa mbere yuko ajya mu ijuru, yasize…

 1,686 total views

0Shares

Ese nigute nkwiriye kwitwara nk’umukristo muribi bihe?

0Shares

Kuruyu munsi twagiriwe umugisha woguterana twese nkaba cepie/enne duhuje umutima, twatangiranye na El-Elyon worshpteam iramya Imana igira iti “Mana uruwera ibyaremwe byose bikuramye mwami yesu ntawe muhwanye.” Imana yacu niyera ibihe byose mubyikora n’ibyo ivuga byose. Twakomeje twese hamwe turirimbana…

 1,985 total views

0Shares

Mana utugarurire iby’igiciro Satani yatwambuye , wakibaza ngo nibihe? – BAJENEZA Theoneste

0Shares

twaganirijwe ijambo ry’Imana na BAJENEZA THEONESTE yatangiye adusomera mubutumwa bwiza uko bwanditse na Yohana 10:10 ” Umujura ntazanwa n’ikindi keretse kwiba no kwica no kurimbura, ariko jyeweho nazanywe no kugira ngo zibone ubugingo, ndetse ngo zibone bwinshi.” Yesu Kristo yaje…

 1,304 total views

0Shares

Ese urufatiro rw’urusengero arirwo mutima wawe uri kurwubaka ute?

0Shares

Theophile HABIYAREMYE Umwigisha w’ijambo ry’lmana ry’uyu munsi atangiye aduhugura uburyo tugomba gukorera Imana. umwanya w’amashimwe n’umwanya w’ijambo ry’lmana niyo myanya akunda cyane kuko haribyo itwigisha, kuko ukomeye n’uworoheje, ubabaye n’uwishimye bose bashaka lmana. Dusome ijambo ry’lmana riboneka muri Ezira1:1-3, 1…

 1,308 total views

0Shares

Menya ibintu biranga umukristo nyakuri

0Shares

Ijambo ry’uyu munsi twarigejejweho na BYIRINGIRO JEAN, Umuririmbyi muri chorale Enhakole akaba yiga mu ishami ry’ubuvuzi  rusange(General medicine). Tumaze iminsi tuganirizwa ku magambo aboneka mu gitabo Pawulo yandikiye Abaroma 2:17-29, harimo ikibazo kibaza giti” Ese umukristo nyakuri aba ameze ate.”…

 5,012 total views

0Shares