Umugwaneza Cynthia

Ese uzi igitumye abantu baba abakene mu buryo bw’umwuka? menya byinshi utaruzi

0Shares

Kuriki cyumweru twagiriwe Ubuntu bwo gusangizwa ijambo ry’Imana na mwene data GAHAMANYI Jean Baptiste yatangiye ashima Imana ko yamwongeye ikindi gihe cyo kuboneka mwiteraniro hamwe n’abacepie/nne yakomeje atubwira ubuhamya bwe akiga mu mashuri y’isumbuye agira ati “Imana yangiriye neza nimuka…

 1,056 total views

0Shares

CEP-UR HUYE yijihije umunsi mukuru wa Noheli kuruyu wa gatanu

0Shares

Aba cepien/nne bo muri kaminuza y’ u Rwanda twishimiye ko umwami Yesu yongeye kuvukira mu mitima yacu, ese ninde wasa nawe YESU mu isi cyangwa mu ijuru? Amavi yose apfukame mwami ushyirwe hejuru. Aho abakristo bose baribishimiye uyumunsi babihamisha kuririmbira…

 1,274 total views,  2 views today

0Shares

Ese dukwiriye kwita ku muhamagaro wacu? menya byinshi utaruzi

0Shares

Mwene data ukwiriye kuba icyo waremewe kuba cyo. Mbese Ni ukuvuga ngo ukwiriye kuba mu mwanya Imana ishaka ko ubamo, kuko muri iyi minsi hakenewe abantu bari mu mwanya wabo. Aha wakibaza uti”ese ndimumwanya nkwiriye kubamo”. Abantu benshi muri iki…

 1,334 total views

0Shares

Si ubwoko, si inkomoko bigira icyo bimara mu buzima bw’ umuntu. Ese ikigira umumaro Niki?

0Shares

Yuda Mwene Yakobo, yari umutoni kandi ku Mana, Kandi koko reka atone yari afite isumbwe kurenza benese.  Abayuda bari bafite icyo barusha abandi muburyo bwose. Icya mbere Nuko babikijwe ibyavuzwe n’ Imana, Ubwo Yuda turamushakiraho ibyasezeranijwe cyangwa ibizaza tutazi ikindi…

 2,686 total views

0Shares

Ese niki wakora ngo ubane n’Imana neza?

0Shares

Bakundwa mu Mwami Yesu Hari ibihe biza bigakomerera abantu bikananiza imbaraga zose twiringira pe:zirimo ubwenge,inararibonye(experience),kuba tuzwi(kuba aba sitari),uburanga n’ubwiza,imiryango yacu ikomeye,amashuri twize n’ibindi Aha nta rindi rembo ryo gutabarwa riba risigaye uretse ko Buriwese atakira Imana ye. twafatira kurugero tubona…

 1,866 total views,  2 views today

0Shares

Niki gituma umuntu adakora ibyaha ariko undi akabikora? Menya byinshi

0Shares

Kuko Imana yakunze abari mu isi cyane, byatumye itanga Umwana wayo w’ikinege kugira ngo umwizera wese atarimbuka, ahubwo ahabwe ubugingo buhoraho (Yohana 3:16) Imana yaradukunze cyane ndetsenubu bituma itanga umwana wayo kugira ngo adupfire kumusaraba kugira ngo tubabarirwe ibyaha byacu…

 1,366 total views,  2 views today

0Shares

“Imana yacu yibwira ibyo izatugirira ko ari ibyiza,atari ibibi” NSHUTIYIWABO Marie Rose

0Shares

Mu materaniro ya CEP-UR HUYE CAMPUS twigishijwe ijambo ry’Imana na mwene data NSHUTIYIWABO MARIE Rose yatangiye agira ati”muruyu mwaka ibyo igihugu cyari cyarapanze bimwe byarahindutse bitewe nibi bihe turimo igihugu cyugarijwe nicyorezo cya Covid-19.” Yakomeje asoma ijambo ry’Imana riboneka muri…

 1,240 total views

0Shares

Impamvu zituma twizera Umwami Yesu Kristo.

0Shares

Mu materaniro ya CEP ari kuba hifashishijwe imbuga nkoranyambaga,Umwigisha muri iki cyumweru ni Maombi Theogene akaba ari Umukristo usengera ku mudugudu wa Nyarugenge, muri nibature kugeza kuri uyu wa gatatu Umwigisha ari kutuganiriza  ku magambo meza afite intego igira iti”Impamvu…

 1,878 total views

0Shares

“Imbaraga zirinda gakondo” Ev.MAOMBI Theogene

0Shares

Ev.Maombi Theogene yatangiye agira ati  “Ahabu abwira naboti ati: “Mpa uruzabibu ryawe,kugira ngo ndugire igitambo cy’imboga kuko ari hafi y’urugo rwanjye, ntagihe urundi ruzabibu ruzaruruta ubwiza,Cyangwa washaka naguha ibiguzi byarwo ku ifuza”. (1 abami 21:1-3) Abo Bose bapfuye bacyizera batarahabwa…

 1,024 total views

0Shares

Menya Ibintu Yesu yakoreye ku musaraba

0Shares

Hoseya 6:2 “Azaduhembura tumaze kabiri, ku munsi wa gatatu azaduhagurutsa, kandi tuzabaho turi imbere ye”,  hano hoseya yagaragaje iminsi itatu yesu yamaze mugituro  umunsi wa mbere ntago awuvugamo avugako ku munsi wa kabiri tuzahemburwa uwagatatu akaduhagurutsa yesu yagombaga kumara iminsi…

 1,884 total views,  2 views today

0Shares