“Dushake Umutima unezeze Imana” Ev.KANOBANA Jean Baptiste
Twasomye Abaroma 8:5 Umwigisha KANOBANA Jean Baptiste yatangiye avuga ati”benedata tureke kwishushanya nka bik’igihe,kandi tugomba guhinduka rwose ahantu hatatu ari mu bitekerezo,mu myumvire no mu bikorwa kandi iyo ubikoze ugomba guhamya mu bandi ko wakiriye Yesu kristo. Ubundi iyo umaze…
1,624 total views, 2 views today
Kurikira iteraniro ryo kuri uyu wa kabiri Tariki ya 21/01/2020
Igiterane kirakomeje,uyu ni umunsi wa kane wacyo kikaba gifite intego iti” icyaremwe gishya,ubuzima nyakuri “. Umwigisha akaba ari Ev. MUNYESHYAKA Edmond. Amateraniro aratangiye kuririmba indirimbo ya 208 mu gushimisha igira iti” kubana na Yesu,iteka mu ijuru” Dukomeje gufashwa na korari…
1,288 total views, 2 views today
Igiterane cy’ivugabutumwa kirakomeje kurikirana umunsi wa kane w’igiterane
dutangiye Amateraniro turirimba indirimbo yo mu gitabo ya mirongo ine n’umunani mu gakiza tugeze mu mwanya wo kwakirana Tugeze mu mwanya mwiza w”ijambo ry’Imana Umwigisha ni MUNYESHYAKA Edmond Tukomeze dusoma Abaroma 8:26,2 abakorinto 4:10 Umwigisha aragaruka ku gihembo cy’icyaha,aho agiye…
1,558 total views, 4 views today
kurikirana umunsi wa gatatu w’igiterane cy’ivugabutumwa(live) kiri kubera kuri sitade ya kaminuza
Ni igiterane cyatangiye kuwa gatandatu i tariki ya 18/01/2020 kikaba gifite intego igira iti”icyaremye gishya,ubuzima nyakuri” riboneka 2 abakorinto 5:17. umwigisha uyu Munsi ni Ev.karangayire Clement uturuka i Kigali Paruwasi ni REMERA hagiyeho umwigisha dutangiye dusoma Abaroma 8:6 Umutima wa…
1,270 total views, 2 views today
Igiterane kirakomeje udacikwa amwe mu mafoto n’ibikorwa by’ingenzi byaranze igiterane
Korari Gosheni iri guhembura imitima y’abantu mu butumwa bwabo bari gutambutsa mu buryo bw’indirimbo. umwigisha w’ijambo nawe ati ” ntabwo ari igihiriri kuko igihiriri kigusiga mu rungabangabo. kujya mu ijuru ntabwo ari igihiriri ariko uwabaye icyaremwe gishya avuga amagambo akomeza…
1,208 total views, 4 views today
kurikirana Umunsi wa kabiri w’igiterane cy’ivugabutumwa kiri kubera kuri Sitade ya kaminuza ishami rya Huye
Umuryango w’abanyeshuri b’abapantekote (CEP UR HUYE) Wateguye igiterane cy’ivugabutumwa gifite intego igira iti” icyaremwe gishya,ubuzima nyakuri” ,kizamara icyumweru cyatangiye ku i tariki ya 18/01/2020, kuri icyumweru turi ku munsi wa Kabiri wiki giterane aho turi kumwe na Korari Goshen Family…
1,150 total views, 2 views today
kurikirana uko igiterane cy’ivuga butumwa CEP UR Huye campus yabateguriye uko kiri kugenda gifite intego igira iti “icyaremwe gishya, ubuzima nyakuri”2abak. 5:17
1,382 total views, 6 views today
1,382 total views, 6 views today
menya neza ubuzima nyakuri, mu giterane cya CEP UR Huye campus.
Twongeye twahembutse! Umuryango w’abayeshuri b’abapantekote bo muri Kaminuza y’Urwanda ishami rya Huye (CEP) wongeye kubategurira igiterane ngaruka mwaka kizwi nka “CEP UR Huye Campus Evangelical Campaign”. Iki kikaba ari igikorwa gihembura imitima y’abakirisitu kandi kigafasha abizera bashya kwakira Yesu nk’umwami…
1,146 total views, 2 views today
Ibibazo byabaye ku itorero ryo muri edeni igice cya gatandatu: Ibanga rinesha
“Inzoka…..ibaza uwo mugore iti ni ukuri koko Imana yaravuze iti ntimuzarye ku giti cyose cyo muri iyi ngobyi?” Itangiriro:3:1. Toka Satani Ese iri jambo wigeze kurivuga? Cyangwa wararyumvise? Reka nsubize nti “Yego!” Kuko benshi mu batuye igihugu mbamo, iri jambo…
793 total views, 2 views today
Ikibazo cy’ ukuri: Ese ibyo urabyumva?
Umuntu wabaye umunyeshuri n’ aho byaba igihe gitoya, yagiye abazwa ikibazo kivuga ngo “ese urabyumva?” Iki kibazo abarimu bakibaza kuko bazi ko ishingiro ry’ ubuhanga ari ukumva mbere yo gufata! Abantu benshi bafashe ibintu ku MANA ariko ntibazi icyo bisobanuye!…
2,081 total views, 4 views today