Amakuru

Kurikira Amatora ya CEP(Live)

0Shares

Nkuko bisanzwe abakristu bo muri CEP UR HUYE buri mwaka bitorera Abayobozi bazabayobora.Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 01/02/2020 ubu amatora aratangiye,akaba ari kubera muri Audi levesque. Batangiye berekana komisiyo ishinzwe amatora muri uyu mwaka,ikaba ari nayo yicaye igahitamo abakandida…

 1,024 total views

0Shares

Menya byinshi ku matora abura amasaha make muri CEP -UR HUYE.

0Shares

Nkuko bisanzwe bigenda mu gihugu cyacu hari amategeko agenderwaho kugira umuntu abe umukandida mu matora harimo kuba ari umunyarwanda,kuba atarafunzwe igihe kirenga amezi atandatu, Ninako no  mu muryango w’Abanyeshuri b’abapantekonte ukorera umurimo w’Imana muri kaminuza ishami rya Huye hateganyijwe amatora…

 924 total views

0Shares

Igiterane cyahembuye imitima y’abantu, umuyobozi wa korari Yelusaremu impungenge yari afite

0Shares

Presidente ati “abanyesuri ni abantu bagoye, twibwiraga ko bigorana kubwiriza muri kaminuza, ariko impungenge zashize, umwuka w’Imana akorera hose, abanyeshuri barakijijwe” Igiterane cy’ivugabutumwa cya teguwe n’umuryango w’abanyeshuri b’abapantecote bo muri kaminuza y’Urwanda ishami rya Huye (CEP UR Huye Campus), cyirashoje….

 1,162 total views

0Shares

Urabeho Mr BLACK M

0Shares

Ubuzima bugira ubuhamya…….. KOBE BRYANT; wiyise Black Mamba bitewe n’ ubushobozi yiyumvagamo bwo kuba mudahusha mu mikinire ye, nk’ uko iyi nzoka na yo ibigenza; yari afite ubuzima burimo byinshi (nirinze kuvuga byose): yatsindiye imyanya y’ icyubahiro myinshi, ndetse n’…

 1,078 total views

0Shares

kurikira uko dusoza Igiterane cy’ivugabutumwa

0Shares

uyu ni umunsi wa cyenda wacyo aho turi kumwe na korari Yerusalem na Rev.Pst KARAYENGA Jean Jacques Twatangiye duhimbaza dufashijwemo na El-elyon worship team Hakurikiraho Korari Ibanga tugeze mu mwanya wo Kwakirana ndetse tunahana ikaze mu nzu y’Imana kandi ni…

 1,228 total views

0Shares

kurikirana umunsi wa cyenda w’igiterane cy’ivugabutumwa live. ntucikwe n’uko ibihe byiza biri kugenda bikurikirana

0Shares

Amateraniro atangiye saa 8:45 dufashwa na korari EL-ELYON worship team. Umuyobozi wa gahunda ni NIYIGENA Edissa, twatangiranye nindirimbo yo mugitabo mugushimisha 189 Hakurikiyeho korari Vumiriya n’indirimbo nziza igira iti’ Yesu araguhamagara ngwino” Hakurikiyeho korari ENHAKOLE mundirimbo nziza igira iti” Kuko…

 1,354 total views

0Shares

Igiterane cy’ivugabutumwa Umunsi wa munani kuri Sitade ya kaminuza gikurikirane

0Shares

igiterane cy’ivugabutumwa cyateguwe na CEP UR-HUYE,Kuri uyu wa gatandatu turi ku munsi wa munani wacyo kikaba gitangiye saa munani zuzuye,aho twatangiye dufashwa na El-elyon worship Team. umuyobozi wa gahunda ni NIZEYIMANA Jean Marie Vianney akaba ari umunyeshuri muri kaminuza Chorale…

 1,990 total views

0Shares

Kurikirana live amateraniro y’umugoroba. igiterane ku munsi wa cyo wa karindwi intego y’umunsi “kuyoborwa n’umwuka ubuzima bw’umukirisitu”

0Shares

dutangiye amateraniro ni indirimbo ya 70 mu gakiza “Imana irakurinda iminsi yose munzira ucamo” turi kumwe na korari itabaza yaturutse kuri ADEPR paruwasi ya taba ndetse n’amakorari akorera umurimo muri CEP ariyo Elayo, Vumiliya, Alliance, Enihakole Ndetse na EL_Elyon worship…

 1,446 total views

0Shares

“Dushake Umutima unezeze Imana” Ev.KANOBANA Jean Baptiste

0Shares

Twasomye Abaroma 8:5 Umwigisha KANOBANA Jean Baptiste yatangiye avuga ati”benedata tureke kwishushanya nka bik’igihe,kandi tugomba guhinduka rwose ahantu hatatu ari mu bitekerezo,mu myumvire no mu bikorwa kandi iyo ubikoze ugomba guhamya mu bandi ko wakiriye Yesu kristo. Ubundi iyo umaze…

 1,614 total views,  2 views today

0Shares

Kurikira iteraniro ryo kuri uyu wa kabiri Tariki ya 21/01/2020

0Shares

Igiterane kirakomeje,uyu ni umunsi wa kane wacyo kikaba gifite intego iti” icyaremwe gishya,ubuzima nyakuri “. Umwigisha akaba ari Ev. MUNYESHYAKA Edmond. Amateraniro aratangiye kuririmba indirimbo ya 208 mu gushimisha igira iti” kubana na Yesu,iteka mu ijuru” Dukomeje gufashwa na korari…

 1,194 total views,  2 views today

0Shares