Menya nibi

Menya impamvu zizatuma Yesu azagaruka

0Shares

UBUSOBANURO NYABWO BWO KUGARUKA KWA KRISTO Umuvugabutumwabwiza akaba n’umumisiyoneri udatumwa n’itorero runaka (Free missionary) Ndikubwimana Mazimpaka Joseph yagize ati “Kugaruka kwa Yesu gusobanurwa mu buryo bubiri: Yesu azagaruka gutwara itorero maze azongere agarukane n’itorero rye kwimana ingoma y’imyaka igihumbi.” Ni…

 2,564 total views

0Shares

Turarinzwe

0Shares

Aherako yoherezayo amafarashi n’amagare n’ingabo nyinshi, bagenda ijoro ryose bagota uwo mudugudu. Maze umugaragu w’uwo muntu w’Imana azindutse kare mu gitondo, arasohoka abona ingabo n’amafarashi n’amagare bigose uwo mudugudu. Umugaragu abwira shebuja ati “Biracitse databuja, turagira dute?” Aramusubiza ati “Witinya,…

 1,621 total views

0Shares

Gusengera mu butayu bimaze iki ku mukristo?

0Shares

Abakristo benshi bajya bafata umwanya bakajya gusengera ahantu hatandukanye hatari murusengero bisanzwe. Hari abajya gusengera aho bakunze kwita mu butayu ariho mu mashyamba, mu mazi mu buvumo n’ahandi henshi hatandukanye. Ariko hari n’abandi bantu basenga ariko ibyo kujya mu butayu…

 2,708 total views

0Shares

Ubuhamya: Mama Lionel, yategereje imyaka 11 umugabo wari waramukoye, ntiyinuba ,

13Shares

Nitwa NYIRABAGENZI Alice, mvuka I butare mu ntara y’amajyepfo, nakijijwe mu mwaka w’1992, nkurira mu gakiza gutyo, mu mwaka w’1995 narambagijwe n’umusore tumara imyaka itanu dukundana, ankwa mu mwaka w’2000, ubukwe busohora mu mwaka w’2006 NYIRABAGENZI Alice ( Mama Lionel)…

 1,576 total views

13Shares

RUKIRI II: Akira ishimwe live concert yateguwe na korari rehoboth

0Shares

Korari Rehoboth isanzwe ikorera umurimo w’Imana, mu itorero rya ADEPR Rukiri II, muri Paruwasi ya Rukiri I, ho mu itorero ry’Akarere rya Gasabo, imaze imyaka isaga makumyabiri(20), ikora uyu murimo, birumvikana ko iwufitemo uburambe. Iyi korali yamenyekanye ku ndirimbo zakunzwe…

 1,790 total views

0Shares

Ibintu 3 umukirisito akwiye guhora yibuka bikamurinda kwitotombera Imana mu gihe ageze mu bigeragezo

0Shares

Aho isi igeze nta muntu ushobora guhakana avuge ko hariho ibihe birushya. Ni byo isi iruhije abayituye, bahangayikishijwe n’indwara, gupfusha, ubukene, inzara, amapfa, kwangwa, kuvugwa,…. Imihangayiko cyangwa ibibazo by’abantu biba bitandukanye, ibyawe ntibyasa n’iby’undi. Mu rwandiko rwa Yakobo atwibutsa ko…

 1,354 total views

0Shares

Dore amasengesho yafasha umukirisito guhangana n’ibihe by’ubukungu butifashe neza

0Shares

Mu gihe isi iri mu muvuduko udasanzwe w’iterambere ry’ubukungu, amafaranga ni ingenzi kandi kuyabura bishobora no kongerera umuntu umuhangayiko. Niwumva ibibazo by’amafaranga biganje ibitekerezo byawe, ujye usubizwamo imbaraga, humura! Yesu si imvano y’agakiza kacu gusa, ni n’umugenga, umurinzi ndetse umufasha…

 1,186 total views,  2 views today

0Shares