Ukutumvira ubuzima bwigomeka ku Mana igice cya mbere, Kuruyu munsi wa gatatu w’igiterane cy’ivugabutumwa na KARANGAYIRE Clement, cyateguwe na CEP UR HUYE Campus
Iki giterane gifite intego igira iti: imbaraga z’ububyutse. biboneka muri Ezekieli37:5 Uku ni ko Umwami Uwiteka abwira aya magufwa ngo: Dore ngiye kubashyiramo umwuka ngo mubeho, itangiriro 3:24 Nuko yirukana uwo muntu, kandi mu ruhande rw’iyo ngobyi yo muri Edeni…
890 total views
Menya ibintu byagufasha kunesha ibishuko
Umwigisha UKUNDWANIWABO Eric yatangije indirimbo ya 107 mu ndirimbo z’agakiza igira iti” Twemezwa n’iki ko tuzagera mwijuru? N’umwuka w’ihoraho. Hano twakibaza ikibazo kigira kiti ubundi twemezwa ko tuzagera mu ijuru ariko igisubizo n’iki ni Umwuka w’ihoraho, Ijambo ry’Imana ryahawe umutwe…
778 total views
Kurikirana uko igiterane cyahuje abanyeshuri bose bakorera umurimo w’Imana muri ur-huye campus cyagenze
Ibyiza uwiteka yangiriye byose, nabimwitura iki? iyi n’intego yaranze iki igiterane cyo gushima Imana cy’abanyeshuri Bose bakorera umurimo w’Imana muri kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye aba banyeshuri bakaba bakorera umurimo w’Imana muraya ma korali ariyo Rangurura, Boaz hamwe na…
1,150 total views
Ese uzi igitumye abantu baba abakene mu buryo bw’umwuka? menya byinshi utaruzi
Kuriki cyumweru twagiriwe Ubuntu bwo gusangizwa ijambo ry’Imana na mwene data GAHAMANYI Jean Baptiste yatangiye ashima Imana ko yamwongeye ikindi gihe cyo kuboneka mwiteraniro hamwe n’abacepie/nne yakomeje atubwira ubuhamya bwe akiga mu mashuri y’isumbuye agira ati “Imana yangiriye neza nimuka…
724 total views, 2 views today
Tubigize dute, abagera ikirenge mu cya Yuda Isikarioti bakomeje kwiyongera mu Rwanda
Maze Yuda wamugambaniye abonye ko urubanza rutsinze Yesu, aricuza asubiza abatambyi bakuru n’abakuru bya bice by’ifeza mirongo itatu ati “Nakoze icyaha, kuko nagambaniye amaraso atariho urubanza.” Ariko bo baramusubiza bati “Biramaze! Ni ibyawe.” Ifeza azijugunya mu rusengero arasohoka, aragenda arimanika…
1,718 total views, 2 views today