Ndindiriyimana Abel Prince

“Amagambo yanyuma Yesu yasize abwiye abigishwa be” Pst. Jean Jacques Karayenga

0Shares

Amteraniro yo ku cyumweru ku 26 gicurasi 2019 Umwigisha: KARAYENGA JEAN Jacques Intego y’ijambo ry’Imana: “amagambo yanyuma Yesu yavuganye n’abigishwa be” Ibyakozwe n’intumwa 1:3-9: amaze kubabazwa ababonekera ari muzima, atanga ibimenyetso byinshi, agumya kubabonekera mu minsi mirongo ine avuga iby’ubwami…

 2,048 total views,  2 views today

0Shares

“tube maso” Maombe Barnabe

0Shares

Yohana10;11 Matayo 25:11 Matayo 7:22-23 Umwigisha: Maombe barnabe Intego: kuba maso Impamvu tuba maso ni iyihe? Aha usanga abantu benshi birinda mu bund iburyo akenshi usanga abantu birinda bakoresheje imbwaariko ijambory’ Imana ridusaba kuba maso iyo dusomye umugani waciwe na…

 1,142 total views

0Shares

Mumafoto reba uko Igitaramo cya El Elyon worship team cyagenze

0Shares

Hari tariki 12/05 2019 ubwo muri main auditorium ya Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye, haberaga igitaramo cyatangiye saa munani kigeza saa kumi z’umugoroba Worship team ya CEP yahawe izina rishyashya EL ELYON WORSHIP TEAM God must high bisobanura ngo…

 2,128 total views

0Shares

Umurimo wakorera Imana ikakwemera

0Shares

Umwigisha: nzaramba JEAN PAUL Yosuwa 24:15 Abaroma12:1 Intego: umurimow’Imana ni uwuhe? Iyo nje kwigisha hano buri gihe nezezwa nuko mu kiri bato bituma mwumva vuba Twibaze ibibazo bibiri 1. Ni iki wakora kugira ngo ikwemere( kugira ngo Imana ikwemera ni…

 1,620 total views

0Shares

“Imana idukiza kenshi” Pst.Habinshuti J.Paul

0Shares

Amateraniro yo kuwa gatanu 10/5/2019 Umwigisha: HABINSHUTI Jean Paaul Imtego y’ikigisho:Imana idukiza kenshi Itangiriro 37:21 Ruben iArabyumva aramubakiza,arababwira ati “twekumuhwanya”Rubeni yari imfura ya yakobo kuri leya, akaba ariwe yabyaye akavuga ati”uwiteka andebeye mu mubabaro wange”.  Rubeni yari akijije mwene se…

 1,326 total views

0Shares

Kwirinda no kuba maso, uburyo bwiza bwo gutegereza Kugaruka kwa Kabiri kwa Yesu.

0Shares

Kugaruka kwa Yesu kwa Kabiri

 746 total views,  1 views today

0Shares

Menya impamvu zizatuma Yesu azagaruka

0Shares

UBUSOBANURO NYABWO BWO KUGARUKA KWA KRISTO Umuvugabutumwabwiza akaba n’umumisiyoneri udatumwa n’itorero runaka (Free missionary) Ndikubwimana Mazimpaka Joseph yagize ati “Kugaruka kwa Yesu gusobanurwa mu buryo bubiri: Yesu azagaruka gutwara itorero maze azongere agarukane n’itorero rye kwimana ingoma y’imyaka igihumbi.” Ni…

 2,566 total views

0Shares

Umuvugabutumwabwiza w’umunyamerikakazi Ev.Makeesha Allen ati “Muri Yesu Harimo Gukira Kose”

0Shares

Byari iby’ibyishimo  muri Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye ubwo amasosiyasiyo ahuza amatorero n’amadini muri kaminuza FAE yakoze igitaramo cyahembuye imitima ya benshi. Ev.Makeesha yatangiye ati “Umuyoboro w’isezerano n’ibyiza byo gukira indwara” kandi ati “Uhereye ku kuremwa ku isi ibyaha…

 1,000 total views

0Shares

Kubeshya ni icyaha, umwigisha w’uyu munsi yatumye tumenya birenze cyane gukomera, urukundo, ineza n’imbabazi Yesu yatugiriye ubwo yitangiraga abanyabyaha twese

0Shares

Munyeshyaka Edmond wigishije ku rupfu rwa Yesu Kristo muri CEP UR-HUYE, amateraniro yo kuri Pasika tariki ya 21 Mata 2019.yunguye benshi ku bw’amagambo yuje ubwenge yavuze (Luka 23.33-43, Matayo 27.62-66.) Ubusanzwe urupfu rwa Yesu rwavuzwe kenshi mu isezerano rya kera:…

 1,204 total views

0Shares

Gucungurwa Kwacu Kwateguwe Isi Itararemwa yari intego y’umwigisha Kwizera Isaac

0Shares

Yifashishije imirongo ya Bibiliya, Abaheburayo 2.5-18, 1Abakorinto 5.17 yatugaragarije cyane Umuteguro w’Imana ku biremwamuntu isi itararemwa!! Ku musaraba I Getsemani ni ho agaciro k’abizera ubu kabonekeye. Hari ubwo abaririmbyi bagira bati “Ntitwari kubona ibitambo n’amaturo byo kuducungura” nyamara hari abirengagiza…

 3,184 total views

0Shares