Ibyigisho

” Niki Imana yapfuye n’umuntu cyatumye imukura muri edeni?” Kwizera Isaac

0Shares

Imana dusenga ni Imana ikunda kwera niyo mpamvu uyisenga nawe agomba kuba uwera rero Imana yacu nikiranirwa rero iyo ushaka gukurikira Imana ugomba kubanza kuyimenya ugakunda kwera nkayo Rero Imana yacu iyo ukoze ibyo yakubujije biba ari icyaha rero niyo…

 2,290 total views

0Shares

Ese wari uziko hari ingororano ku bakozi?Ev. Alice RUGERINDINDA

0Shares

Amaterniro ya cep ku wa 30 kamena 2019 Umwigisha w’ijnambo: Alice RUGERINDINDA Intego y’ijambo: “hari ingororano ku bakozi” Ibyahishuwe 22:12 “Dore ndaza vuba nzanye ingororano, kugira ngo ngororere umuntu wese ibikwiriye ibyo yakoze”. Ku bakora businesi hari igihe umuntu atangira…

 1,570 total views,  2 views today

0Shares

Dore guhinduka nyakuri icyo ari cyo

0Shares

Igiterane cy’isana mitima, ubumwen’ubwiyunge Nyabihu.gifite intego igira iti”GUHINDUKA, GUKIRA IBIKOMERE, INKINGI Y’URWANDA TWIFUZA”abefeso 2:14 Umwigisha w’Ijambo ry’ Imana: RUZIBIZA Viateur Intego y’Ijambo ry’Imana” Guhinduka rwose “ Yohana4:1-144 yiyumvamo ko akwiriye kunyura i Samariya. 5 Nuko agera mu mudugudu w’i Samariya…

 1,770 total views

0Shares

sobanukirwa “umutima w’ubwiko” Rev. Past. Ephrem KARURANGA

0Shares

Igiterane cy’isana mitima n’ubumwe n’ubwiyunge I NYABIHU intego ” GHUNDIKA, GUKIRA IBIKOMERE, INKINGI Y’URWANDA TWIFUZA” Abefeso 2:14 Intego y’ijambo” umutima w’ubwiko” Iki gihe abantu benshi ushobora kubabona bakora ibintu bitandukanye ariko bafite umutima ufite ubwiko. Kandi umuntu ashobora kugira umutima…

 2,256 total views

0Shares

ni uruhe rugero Imana ishaka ko ugeraho mu gakiza?Rev. Past. Ephrem KARURANGA

0Shares

Nyabihu– igiterane cy’isanamitima, ubumwe n’ubwiyunge gifite intego yo guhinduka gukira ibikomere inking y’u Rwanda twifuza. Abefeso 2:14UMWIGISHA” REV.past. KARURANGA Ephrem Intego y’ijambo: Imana irashaka ko ugera ku kigero gishyitse cy’agakiza Abefeso 2:14 Uwo ni we mahoro yacu, kuko yahinduye twebwe…

 1,010 total views

0Shares

Ibiti byose si “goferu”. siliveri MUNYESHAKA

0Shares

CEP UR HUYE CAMPUS AMATERANIRO YO KU WA GATANU KU WA 14KAMENA 2019 Umwigisha: MUNYESHYAKA Silvestre  Intego y’umwigisha: Ibiti byose ntabwo ari goferu Itangiriro 6:13 Imana ibwira Noa iti “iherezo ryh’abafite umubiri bose rije mumaso yange, kuko isi yuzuye urugomo…

 1,516 total views

0Shares

Ntutegereze umwuka nk’umwuka wera niba udaha agaciro amabwiriza y’umwuka nk’ijambo. Ev. Clement KARANGAYIRE

0Shares

CEP UR HUYE CAMPUS AMATERANIRIRO YO KU CYUMWERU ku wa 16 kamena 2019 Umwigisha. KARANGAYIRE Clement Intego y’umwigisha.”Nudaha agaciro amabwiriza y’umwuka nk’ijambo, ntaho uzahurira n’umwuka nk’umwuka wera”yohana 6:23 Ikibazo kiriho muri iyi minsi ni uko aba kirisitu bashaka umwuka wera…

 1,544 total views

0Shares

Ese waba uzi Umumaro wo kugeragezwa?JMV Nizeyimana

0Shares

Nizeyimana Jean Marie Vianney ati “Hari umumaro wo kugeragezwa” Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 31.Gicuransi.2019 ni bwo uwitwa Nizeyimana Jean Marie Vianney wiga mu mwaka wa kabiri ubuvuzi rusange no kubaga akaba umunyamuryango wa CEP yavuze ko nubwo abantu…

 1,226 total views

0Shares

“Amagambo yanyuma Yesu yasize abwiye abigishwa be” Pst. Jean Jacques Karayenga

0Shares

Amteraniro yo ku cyumweru ku 26 gicurasi 2019 Umwigisha: KARAYENGA JEAN Jacques Intego y’ijambo ry’Imana: “amagambo yanyuma Yesu yavuganye n’abigishwa be” Ibyakozwe n’intumwa 1:3-9: amaze kubabazwa ababonekera ari muzima, atanga ibimenyetso byinshi, agumya kubabonekera mu minsi mirongo ine avuga iby’ubwami…

 2,046 total views

0Shares

“inyungu zo kuba mu buzima bunezeza Imana” Musengumuremyi Christian

0Shares

Amateraniro yok u wa gatanu le 23 gicurasi 2019. Umwigisha: Christian MUSENGUMUREMYI Intego y’ijambo ry’Imana:inyungu zo kuba mu buzima bunezeza Imana. Zaburi 91:14-17: kuko yakunze akaramata, nicyo nzamukiriza,nzamushyira hejuru kuko yamenye izina ryange.azanyambaza nanjye mwitabe,nzabana nawe no mu makuba no…

 3,580 total views,  2 views today

0Shares