Year: 2020

Uncategorized

Menya Ikintu kibanze gituma Umukristo adakora ibyaha.

0Shares

Kuko Imana yakunze abari mu isi cyane, byatumye itanga Umwana wayo w’ikinege kugira ngo umwizera wese atarimbuka, ahubwo ahabwe ubugingo buhoraho (Yohana 3:16) Imana yaradukunze cyane ndetsenubu bituma itanga umwana wayo kugira ngo adupfire kumusaraba kugira ngo tubabarirwe ibyaha byacu…

 1,166 total views,  6 views today

0Shares

“Imana yacu yibwira ibyo izatugirira ko ari ibyiza,atari ibibi” NSHUTIYIWABO Marie Rose

0Shares

Mu materaniro ya CEP-UR HUYE CAMPUS twigishijwe ijambo ry’Imana na mwene data NSHUTIYIWABO MARIE Rose yatangiye agira ati”muruyu mwaka ibyo igihugu cyari cyarapanze bimwe byarahindutse bitewe nibi bihe turimo igihugu cyugarijwe nicyorezo cya Covid-19.” Yakomeje asoma ijambo ry’Imana riboneka muri…

 1,240 total views

0Shares

Part three: Menya byinshi ku ihema ry’ibonaniro(Ahera cyane).

0Shares

Iyo dusomye muri bibiliya Matayo 27:51 hagira hati”Umwenda ukingiriza Ahera cyane h’urusengero utabukamo kabiri,utangirira hejuru ugeza hasi,isi iratigita,ibitare birameneka”.Yesu amaze kutanga Umwenda  wari ukingirije Ahera cyane watabutsemo kabiri ,muri iyi nkuru turagaruka aha hari hakingirijwe n’umwenda hari hameze hate? Mu…

 2,858 total views,  2 views today

0Shares

Part two: Tumenye byinshi ku ihema ry’ibonaniro riboneka muri Bibiliya(Ahera)

0Shares

Nkuko twabigarutseho mu gice cya mbere kiy’ inkuru,twavuze ko ihema ry’ibonaniro ryari rifite ibice bitatu by’ingenzi aribyo Mu rugo,Ahera n’ahera cyane. Mu gice cya mbere twagarutse ku bintu byari biri mu rugo nicyo bisobanura mu isezerano rishya,ubaye utarayisomye wakanda hano….

 4,912 total views,  4 views today

0Shares

Part one : Tumenye byinshi ku Ihema ry’ibonaniro riboneka muri Bibiliya.

0Shares

Mu bitabo bitanu byanditswe na Mose byitwa Pentanteques ijambo rituruka ku magambo abiri y’ikigiriki  Pante bivuga gatanu(5) na Tikos bisobanura umuzingo,yose hamwe bishatse kuvuga  ko ari imizingo itanu. Iri zina baryise ibitabo bitanu bya mbere mu isezerano rya kera aribyo…

 4,810 total views,  6 views today

0Shares

Mbese wowe wumvira irihe tegeko? Iry’umwuka cyangwa irya kamere?

0Shares

Nshuti benedata dusangiye gucungurwa Ubuntu urukundo n’amahoro bibonerwa muri Kristo Yesu Umwami wacu bibane namwe iminsi  yose. Njye tuzabana muri iki kigisho nitwa IGIRANEZA Boaz nsengera muri CEP UR HUYE  campus.Iki kigisho tuzagikurikira mu byiciro.Ni ikigisho gifite umutwe ubaza ngo…

 1,150 total views,  4 views today

0Shares

Impamvu zituma twizera Umwami Yesu Kristo.

0Shares

Mu materaniro ya CEP ari kuba hifashishijwe imbuga nkoranyambaga,Umwigisha muri iki cyumweru ni Maombi Theogene akaba ari Umukristo usengera ku mudugudu wa Nyarugenge, muri nibature kugeza kuri uyu wa gatatu Umwigisha ari kutuganiriza  ku magambo meza afite intego igira iti”Impamvu…

 1,880 total views

0Shares

“Imbaraga zirinda gakondo” Ev.MAOMBI Theogene

0Shares

Ev.Maombi Theogene yatangiye agira ati  “Ahabu abwira naboti ati: “Mpa uruzabibu ryawe,kugira ngo ndugire igitambo cy’imboga kuko ari hafi y’urugo rwanjye, ntagihe urundi ruzabibu ruzaruruta ubwiza,Cyangwa washaka naguha ibiguzi byarwo ku ifuza”. (1 abami 21:1-3) Abo Bose bapfuye bacyizera batarahabwa…

 1,026 total views

0Shares

Ubutunzi Nyakuri Ukwiriye gushaka

0Shares

Matayo 6:19-21 “Ntimukībikire ubutunzi mu isi, aho inyenzi n’ingese ziburya, kandi abajura bacukura bakabwiba. Ahubwo mwibikire ubutunzi mu ijuru, aho inyenzi n’ingese zitaburya, n’abajura ntibacukure ngo babwibe, kuko aho ubutunzi bwawe buri ari ho n’umutima wawe uzaba” Ubuzima bwa none…

 1,332 total views,  4 views today

0Shares

Menya Ibintu Yesu yakoreye ku musaraba

0Shares

Hoseya 6:2 “Azaduhembura tumaze kabiri, ku munsi wa gatatu azaduhagurutsa, kandi tuzabaho turi imbere ye”,  hano hoseya yagaragaje iminsi itatu yesu yamaze mugituro  umunsi wa mbere ntago awuvugamo avugako ku munsi wa kabiri tuzahemburwa uwagatatu akaduhagurutsa yesu yagombaga kumara iminsi…

 1,886 total views,  2 views today

0Shares