Benshi babyibajijeho: Ntawabitekerezaga ko byabaho-Bill Gates na Melinda Gates
Urukundo rw’abashakanye akenshi muguhura kwabo bagira intego zo kuzagira urugo rw’cyitegererezo: kuzashakira hamwe amaronko, kubona abana bakinira mu mbuga ndetse n’umunezero mwinshi watuma bafatirwaho urugero muri rubanda. Gusa akenshi urwo ruba ari urugo ruri mu bitekerezo. Bake bashobora gufata ingamba…
968 total views
Ikibazo Imana ifitanye n’Abigisha igice cya kane: babyibeshyeho ububyutse si ukugira abantu benshi mumakoraniro (insengero)
Mu mwaka wa 2015 nigeze nyura kuri benedata baganira, numva bavuga bati: “muri uyu mujyi hari ahantu hasigaye hari ububyutse bwinshi cyane.” Umwe avuga urugero ati: “uzi urusengero rwo kwa runaka ukuntu rurimo ububyutse! ,rusigaye rwuzuye abantu benshi. Avugana umubabaro…
934 total views
Ikibazo Imana ifitanye n’Abigisha igice cya gatatu: Icyatumye yiyahura nuko banze kumutega amatwi.
Uramutse uhuye n’ikibazo cyangwa ukagwa mucyaha runaka, ukirukankira gushaka uwakwakira ngo yumve icyo kibazo cyangwa icyo cyaha ariko wamugeraho ntagutege amatwi. Wakwiyumva ute? (Fata akanya gato ubaze umutima maze usubize). Ntekereza ko umutima wawe wagira agahinda kenshi ndetse rimwe na…
2,407 total views
Ikibazo Imana ifitanye n’abigisha Igice cya kabiri: Nubwo yari umuhanga yemeye kongera kwigishwa.
Mbese uhuye n’umuntu runaka akakwemeza ko ari nta kintu uzi, wakwiyumva ute? (mbere yo gukomeza inkuru banza utekereze unisubize mu mutima). Akenshi wamureba nabi ndetse hari ubwo wakibwira mu mutima yuko agusuzuguye. Abahanga muby’imitekerereze ndetse n’ubumenyamuntu mumuco (Psychologist and Anthropologist),…
1,300 total views
Inkuru yatangaje benshi ariko ntibakuramo isomo: inkende bivugwa ko yiyahuye.
Ese iyo wumvise ijambo inyamaswa mu matwi yawe wumva umeze gute? Haruhita yumva ari ikintu kinini cyane kandi giteye ubwoba cyibera mw’ishyamba kirya utundi tunyabuzima dutoya cyangwa cyikarya ubwatsi ndetse nundi ashobora kuyitekereza ukundi. Inyamaswa n’ibinyabuzima bifite imico itandukanye ndetse…
1,234 total views
TUMENYE BIBILIYA IGICE CYA KABIRI: Niki kihishe mu magambo Imana yabwiye Yosuwa mu gice cya mbere?
Muri rusange iki gitabo cya Yosuwa kigaruka kuri ibi bintu bikurikira: kwinjira muri kanani, Intambara y’I kanani, kugabana igihugu, iminsi ya nyuma ya Yosuwa. Muri iyi nkuru, turagaruka cyane ku gice cya mbere cy’igitabo cya Yosuwa kivuga uko Imana yahamagaye…
1,974 total views
Menya Ibintu birindwi(7)by’ingenzi Umukristu agomba kuba afite mu mwaka 2021
Umunsi wa mbere mu mwaka wa 2021, Umuryango ukorera Umurimo w’Imana muri Kaminuza y’U Rwanda ishami rya HUYE witwa CEP-UR HUYE wagize amateraniro yaranzwe n’Amashimwe yuko Imana yarinze abagize uyu muryango mu mwaka ushize, Ariko nk’abakristu ntabwo bagomba kwirara nkaho…
1,742 total views, 2 views today
CEP-UR HUYE yijihije umunsi mukuru wa Noheli kuruyu wa gatanu
Aba cepien/nne bo muri kaminuza y’ u Rwanda twishimiye ko umwami Yesu yongeye kuvukira mu mitima yacu, ese ninde wasa nawe YESU mu isi cyangwa mu ijuru? Amavi yose apfukame mwami ushyirwe hejuru. Aho abakristo bose baribishimiye uyumunsi babihamisha kuririmbira…
1,270 total views, 2 views today
Amafoto : Abanyeshuri barangije kaminuza basengeraga muri CEP-UR-HUYE basezeye
Kuri iki cyumweru, Umuryango ukorera Umurimo w’Imana muri kaminuza y’U Rwanda ishami rya Huye uzwi ku izina rya CEP-UR-HUYE washimiye abashoje amasomo yabo muri kaminuza muri uyu mwaka wa 2020. CEP-UR -HUYE yashimye ukuntu bitanze bagakora Umurimo w’Imana ahantu hatandukanye…
2,100 total views
Nyuma y’Amezi umunani CEP UR HUYE yongeye guterana atari mu buryo bw’ikoranabuhanga,uko amateraniro yagenze.
Nyuma y’amezi umunani kubera icyorezo cya koronavirus amashuri yarahagaritswe arimo na za kaminuza ninacyo cyatumye guterana bidakomeza nkuko byari bisanzwe muri CEP UR HUYE. Nyuma y’ayo mezi yose guterana bidakunda muri CEP ,uyu munsi tariki ya 8/11/2020 kaminuza y’u Rwanda…
1,078 total views