amatangazo

Korali Elayo iri kwitegura kujya I Kigali mu ivugabutumwa.

0Shares

Korali Elayo imwe muri korali zikorera umurimo w’Imana muri Kaminuza y’U Rwanda,Ishami rya Huye kandi ibarizwa muri CEP UR HUYE,iri gutegura urugendo rw’ivugabutumwa mu mujyi mukuru w’i gihugu cy’u Rwanda ,KIGALI. Umuryango w’abanyeshuri b’abapantekote bakorera umurimo w’Imana muri kaminuza y’u…

 2,308 total views

0Shares

Umuvugizi wa ADEPR nyuma y’amezi abiri avuye muri kaminuza y’u Rwanda,Ishami rya Huye agiye kuhagaruka ni iki kimuzanye?

0Shares

Ku itariki 28/11/2021,Muri kaminuza y’U Rwanda,Ishami rya Huye hategerejwe ko Umuvugizi wa ADEPR,Pst.NDAYIZEYE Isaie Azaza ubwo azaba yitabiriye Umuhango wo gusengera abayobozi bashya b’Umuryango w’abanyeshuri b’abapantekote bakorera Umurimo w’Imana muri kaminuza y’u Rwanda,Ishami rya Huye(CEP-UR HUYE). Hari kuwa Gatandatu itariki…

 2,328 total views

0Shares

Urwandiko rwandikiwe ab’Itorero Igice cya kane: Nubwo bamugaya ariko nabo bifitemo uwo mwuka/bameze nkawe (Tobiya).

0Shares

Mu buzima bwa bamwe mu bizera, barigukuza ibyo kugenzura icyo abandi babakorera kuruta kugenzura ibyo bo bakorera abandi. Nyamara ubuzima bw’urubanza ntibuzashingira kubyo abandi badukorera ahubwo buzashingira kubyo tubakorera. Aramubwira ati “Namwe abigishamategeko muzabona ishyano, kuko mwikoreza abantu imitwaro idaterurwa,…

 1,314 total views

0Shares

Menya bimwe mu bintu biranga umuntu wera imbuto zigumaho

0Shares

Mugende nk’uko bikwiriye ab’umwami wacu, mu munezeze muri byose, mwere imbuto z’imirimo myiza yose kandi mwunguke kumenya Imana(Abakorosayi1:10), wakibaza ngo uku kwera kuvugwa nibwoko ki, gusobanuye iki? Kwera imbuto ni ukubaho imibereho yerekana ko hari impinduka yaje mu buzima bwawe…

 2,258 total views

0Shares

Abayobozi bashya ba CEP UR HUYE

0Shares

Kuri uyu wa Gatandatu, Tariki ya 18 Nzeli 2021,nibwo amatora yari yitezwe muri CEP UR HUYE,Ubwo hari hagiye gutorwa Komite nyobozi nshya isimbuye iyari isanzweho yayoborwaga na Gashugi Yves. ni igikorwa cyatangiye ku isaha ya saa munani zuzuye. Iki gikorwa…

 1,828 total views

0Shares

Ninde ugiye gusimbura GASHUGI YVES ku mwanya wa Prezida wa CEP UR HUYE?

0Shares

Kuri uyu wa Gatandatu hararara hamenyekana Perezida wa CEP UR HUYE,akaba agiye gusimbura Gashugi Yves wari Umaze Igihe cy’Imyaka ibiri ayobora Umuryango w’abanyeshuri b’abapantekote  bakorera umurimo w’Imana mu kaminuza y’U Rwanda,Ishami rya Huye. CEP UR HUYE igira amatora buri mwaka…

 1,665 total views

0Shares

Korali Vumiliya isohoye Indirimbo yitwa”I Getsemani”

0Shares

Korali Vumiliya ibarizwa mu Muryango w’Abanyeshuri b’Abapantekote muri Kaminuza y’u Rwanda ,Ishami rya Huye, CEPUR-HUYE ,imaze gushyira hanze indirimbo nshya yitwa I Getsemani ikubiyemo gushima Imana kubw’urukundo yadukunze ikemera gutanga umwana wayo w’ikinenge. Indirimbo”I Getsemani” ikaba ari indirimbo ya karindwi kuri album…

 1,698 total views

0Shares

Ubuyobozi n’abasanzwe bagize CEP UR Huye campus bishimiye kwakira ku mugaragaro Abanyeshuri bo mu mwaka wa mbere no kubasobanurira Imikorere ya CEP

0Shares

Mu materaniro yo kuri uyu wa 27 Kamena 2021 nibwo hakiriwe ku mugaragaro abanyeshuri bo mu wa mbere muri CEP ndetse banasobanurirwa imikorere ya CEP. Yatangijwe n’isengesho ryasenzwe na  NSHUTIYIWABO Marie Rose visi- Presidante wa CEP UR Huye campus nyuma…

 1,320 total views

0Shares

Korali Vumiliya iritegura gusohora indirimbo”I Getsemani” ibumbatiye Gushima Imana kubw’urukundo yakunze abari mu isi.

0Shares

Korali Vumiliya ibarizwa mu Muryango w’Abanyeshuri b’Abapantekote muri Kaminuza y’u Rwanda ,Ishami rya Huye, CEPUR-HUYE ,iritegura gushyira hanze indirimbo nshya yitwa I Getsemani ikubiyemo gushima Imana kubw’urukundo yadukunze ikemera gutanga umwana wayo w’ikinenge. Korali Vumiliya  ni korali yatangiye muri 2001…

 2,352 total views

0Shares

Urwandiko rwandikiwe ab’Itorero Igice cya mbere: Nyuma yibyo wakoze n’ingeso zawe zizavugwa.

0Shares

Ariko twakwisuzuma ntitwagibwaho n’urubanza (1Abakorinto11:31). Mubuzima bwa buri munsi hari ishusho umukirisito aba afite mubo abana nabo, ndetse muhuye bwa mbere hari ingeso umuntu yabonekwaho akaba yacirwa urubanza n’abandi ko yaba akijijwe by’ukuri. Akenshi iyo twisuzumye neza, Umwuka wera akaturondora,ntiducurirwa…

 2,260 total views

0Shares