Year: 2021

Menya impamvu abantu benshi baharanira guhigura imihigo bahize, ese waba waruzi impamvu yabyo?

0Shares

Wabimenye soma wumve inkuru nziza! Gira umwete usome, wumve uburyo Imana ishoboye kandi ikunda umuntu yaremye kandi ishaka ko uyamamaza. Mubyo dukora byose nibyiza ko dufata umwanya tugasoma by’umwihariko tugasoma ibihembura ubugingo ibidusubizamo imbaraga, bidukumbuza ijuru duharanira kuragwa iryo kamba…

 1,340 total views

0Shares

Dore uko Frank na Aline GAHONGAYIRE bahembuye imitima y’abanyeshuri bo muri Kaminuza y’u Rwanda i Huye.

0Shares

Kuri uyu wa gatandatu, abaramyi Aline GAHONGAYIRE, Aimé Frank na Serge RUGAMBA bataramiye abanyeshuri bo muri kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye. Mu ndirimbo zikunzwe na benshi nka Nzakubitsa ibanga, Ndanyuzwe za Aline GAHONGAYIRE, Ubuhamya ya Aimé Frank, nizindi, imitima…

 1,141 total views

0Shares

Menya bimwe mu bintu bifasha umuntu kuba imbata yo gukiranuka aho kuba imbata y’icyaha

0Shares

Maze mubatuwe ku byaha, muhinduka imbata zo gukiranuka (Abaroma 6:18), aha wakibaza uti ese umuntu aba imbata yo gukiranuka ate? Cyangwa se imbata n’iki? Ntibikabeho! Mbese twebwe abapfuye ku byaha, twakomeza kuramira muri byo dute? Iyo umuntu Ari imbata mu…

 1,796 total views

0Shares

Ese nawe waba uzibanga rihishwe muri Bibiliya? menya byinshi utaruzi

0Shares

Amateraniro yo kuri iki cyumweru tariki ya 17 Ukwakira 2021 akaba yayobowe na Manzi Christian ,yabereye muri Auditorium ya Kaminuza. Muri aya materaniro haririmbye Korali Ibanga ikaba ari Ihuriro ry’amakorari yose abarinzwa muri CEPURHUYE, iyi Korali yaririmbye indirimbo nziza yahembuye…

 1,740 total views

0Shares

Chorale Elayo ya CEP UR Huye yagiriye uruzinduko mu giterane cy’ivugabutumwa cyateguwe na AJEMEL

0Shares

Chorale Elayo ikorera umurimo w’Imana muri CEP UR Huye yitabiriye igiterane cy’ivugabutumwa cyateguwe na AJEMEL (Association Des Jeunes Etudiante Methodist Libre) gifite intego igira iti: “Dushime Imana mu mitima yacu“, Ikaba iboneka mu Gutegeka kwa kabiri 7:7.  Iki giterane kikaba…

 1,768 total views

0Shares

Amateraniro yo ku cyumweru kuwa 03/10/2021

0Shares

Kuri uyu munsi turi kumwe n’umuvugabutumwa Claude uturuka mu Matyazo, dusangiye ijambo ry’Imana rihembura ndetse rikomeza imitima dusanga mu (Kuva 4:2-5.) “Uwiteka aramubaza ati “icyo ufiye mu ntoki ni iki?” Aramusubiza ati “Ni inkoni.” Aramubwira ati “Yijugunye hasi.” Ayijugunya hasi…

 1,444 total views

0Shares

Pastor Mushishi Elisa mu giterane cy’ivugabutumwa cyateguwe na AJEMEL UR HUYE CAMPUS

0Shares

 Pastor Mushishi mu buhamya bwe yasangije abatari bake mu bitabiriye iki giterane agira ati “ahasaga 1997 nabaye aha mu gihe cy’abakonari abo ntibagenderaga mu gakiza nkuko byagaragariraga mu mirimo n’imyitwarire yabo”. Icyatumye uwiteka adukunda si uko twari beza ahubwo rwari…

 1,060 total views

0Shares

Alliance Choir namwe mu mafoto yabo mu gitaramo cy’ivugabutumwa cyateguwe na AJEMEL UR HUYE CAMPUS

0Shares

Icyateye uwiteka kubakunda akabatoranya,si uko mwarutaga ayandi mahanga yose ubwinshi,ndetse mwari bake hanyuma y’ayandi yose(Gutageka kwa kabiri 7;7), iyi ni intego y’iki giterane cyateguwe na AJEMEL ( Association Des Jeuness Etudiante Methodist Libre) cyahuje amakorali atandukanye akorera umurimo w’Imana muri…

 1,024 total views

0Shares

Ubuzima buhindutse bukiza nyirabwo, bugakiza n’abandi

0Shares

. Iteraniro ryera ryo ku wa 18 Nyakanga 2021 muri CEP UR Huye campus umwigisha w’ijambo ry’Imana kuri uwo munsi IRADUKUNDA Carmene yagarutse ku buzima buhindutse bukiza nyirabwo , bugakiza n’abandi ugendeye ku buzima bwa Rahabu byumwihariko ubuzima bwe bumaze…

 1,206 total views,  2 views today

0Shares

Ukuboko kw’Imana kurakomeye izere byose birashoboka

0Shares

Ukuboko kw’Imana kurakomeye izete byose birashoboka. Barutimayo arakira, agakobwa ka Yayiyo karabyuka, Lazaro na we arakanguka. Ikigisho cyacu cyo kuri uyu munsi turagaruka ku bushobozi bw’ukuboko kw’Imana nicyo bidusaba kugira ngo natwe tubone imbaraga zuko kuboko aricyo kwizera. Iyo usomye…

 1,774 total views,  2 views today

0Shares