Amakuru

Amafoto : Abanyeshuri barangije kaminuza basengeraga muri CEP-UR-HUYE basezeye

0Shares

Kuri iki cyumweru, Umuryango ukorera Umurimo w’Imana muri kaminuza y’U Rwanda ishami rya Huye uzwi ku izina rya CEP-UR-HUYE washimiye abashoje amasomo yabo muri kaminuza muri uyu mwaka wa 2020. CEP-UR -HUYE yashimye ukuntu bitanze bagakora Umurimo w’Imana ahantu hatandukanye…

 2,100 total views

0Shares

“Kwizera kurimo intego” Ev.NDAYISENGA Maurice

0Shares

Abaheburayo 11:17 Yakobo 2:14 Umwigisha  NDAYISENGA Maurice ukorera umurimo w’Imana kuri ADEPR KU MUKENKE ,yatangiye avuga ko  abantu bibeshya ko kwizera ari ibintu bigaragara ariko ibigaragara bishobora kubihamya, Urugero Umuntu ashobora kwambika abambaye ubusa cyangwa akitanga, Benedata ibi ntahantu bihuriye…

 1,054 total views

0Shares

Nyuma y’Amezi umunani CEP UR HUYE yongeye guterana atari mu buryo bw’ikoranabuhanga,uko amateraniro yagenze.

0Shares

Nyuma y’amezi umunani kubera icyorezo cya koronavirus amashuri yarahagaritswe arimo na za kaminuza ninacyo cyatumye guterana bidakomeza nkuko byari bisanzwe muri CEP UR HUYE. Nyuma y’ayo mezi yose guterana bidakunda muri CEP ,uyu munsi tariki ya 8/11/2020 kaminuza y’u Rwanda…

 1,078 total views

0Shares

Ese niki wakora ngo ubane n’Imana neza?

0Shares

Bakundwa mu Mwami Yesu Hari ibihe biza bigakomerera abantu bikananiza imbaraga zose twiringira pe:zirimo ubwenge,inararibonye(experience),kuba tuzwi(kuba aba sitari),uburanga n’ubwiza,imiryango yacu ikomeye,amashuri twize n’ibindi Aha nta rindi rembo ryo gutabarwa riba risigaye uretse ko Buriwese atakira Imana ye. twafatira kurugero tubona…

 1,858 total views

0Shares

Niki gituma umuntu adakora ibyaha ariko undi akabikora? Menya byinshi

0Shares

Kuko Imana yakunze abari mu isi cyane, byatumye itanga Umwana wayo w’ikinege kugira ngo umwizera wese atarimbuka, ahubwo ahabwe ubugingo buhoraho (Yohana 3:16) Imana yaradukunze cyane ndetsenubu bituma itanga umwana wayo kugira ngo adupfire kumusaraba kugira ngo tubabarirwe ibyaha byacu…

 1,344 total views

0Shares

“Imana yacu yibwira ibyo izatugirira ko ari ibyiza,atari ibibi” NSHUTIYIWABO Marie Rose

0Shares

Mu materaniro ya CEP-UR HUYE CAMPUS twigishijwe ijambo ry’Imana na mwene data NSHUTIYIWABO MARIE Rose yatangiye agira ati”muruyu mwaka ibyo igihugu cyari cyarapanze bimwe byarahindutse bitewe nibi bihe turimo igihugu cyugarijwe nicyorezo cya Covid-19.” Yakomeje asoma ijambo ry’Imana riboneka muri…

 1,234 total views

0Shares

Part three: Menya byinshi ku ihema ry’ibonaniro(Ahera cyane).

0Shares

Iyo dusomye muri bibiliya Matayo 27:51 hagira hati”Umwenda ukingiriza Ahera cyane h’urusengero utabukamo kabiri,utangirira hejuru ugeza hasi,isi iratigita,ibitare birameneka”.Yesu amaze kutanga Umwenda  wari ukingirije Ahera cyane watabutsemo kabiri ,muri iyi nkuru turagaruka aha hari hakingirijwe n’umwenda hari hameze hate? Mu…

 2,844 total views

0Shares

Part two: Tumenye byinshi ku ihema ry’ibonaniro riboneka muri Bibiliya(Ahera)

0Shares

Nkuko twabigarutseho mu gice cya mbere kiy’ inkuru,twavuze ko ihema ry’ibonaniro ryari rifite ibice bitatu by’ingenzi aribyo Mu rugo,Ahera n’ahera cyane. Mu gice cya mbere twagarutse ku bintu byari biri mu rugo nicyo bisobanura mu isezerano rishya,ubaye utarayisomye wakanda hano….

 4,882 total views

0Shares

Part one : Tumenye byinshi ku Ihema ry’ibonaniro riboneka muri Bibiliya.

0Shares

Mu bitabo bitanu byanditswe na Mose byitwa Pentanteques ijambo rituruka ku magambo abiri y’ikigiriki  Pante bivuga gatanu(5) na Tikos bisobanura umuzingo,yose hamwe bishatse kuvuga  ko ari imizingo itanu. Iri zina baryise ibitabo bitanu bya mbere mu isezerano rya kera aribyo…

 4,778 total views,  2 views today

0Shares

Mbese wowe wumvira irihe tegeko? Iry’umwuka cyangwa irya kamere?

0Shares

Nshuti benedata dusangiye gucungurwa Ubuntu urukundo n’amahoro bibonerwa muri Kristo Yesu Umwami wacu bibane namwe iminsi  yose. Njye tuzabana muri iki kigisho nitwa IGIRANEZA Boaz nsengera muri CEP UR HUYE  campus.Iki kigisho tuzagikurikira mu byiciro.Ni ikigisho gifite umutwe ubaza ngo…

 1,136 total views

0Shares