Amakuru

Impamvu zituma twizera Umwami Yesu Kristo.

0Shares

Mu materaniro ya CEP ari kuba hifashishijwe imbuga nkoranyambaga,Umwigisha muri iki cyumweru ni Maombi Theogene akaba ari Umukristo usengera ku mudugudu wa Nyarugenge, muri nibature kugeza kuri uyu wa gatatu Umwigisha ari kutuganiriza  ku magambo meza afite intego igira iti”Impamvu…

 1,876 total views

0Shares

“Imbaraga zirinda gakondo” Ev.MAOMBI Theogene

0Shares

Ev.Maombi Theogene yatangiye agira ati  “Ahabu abwira naboti ati: “Mpa uruzabibu ryawe,kugira ngo ndugire igitambo cy’imboga kuko ari hafi y’urugo rwanjye, ntagihe urundi ruzabibu ruzaruruta ubwiza,Cyangwa washaka naguha ibiguzi byarwo ku ifuza”. (1 abami 21:1-3) Abo Bose bapfuye bacyizera batarahabwa…

 1,022 total views

0Shares

Ubutunzi Nyakuri Ukwiriye gushaka

0Shares

Matayo 6:19-21 “Ntimukībikire ubutunzi mu isi, aho inyenzi n’ingese ziburya, kandi abajura bacukura bakabwiba. Ahubwo mwibikire ubutunzi mu ijuru, aho inyenzi n’ingese zitaburya, n’abajura ntibacukure ngo babwibe, kuko aho ubutunzi bwawe buri ari ho n’umutima wawe uzaba” Ubuzima bwa none…

 1,316 total views,  2 views today

0Shares

Menya Ibintu Yesu yakoreye ku musaraba

0Shares

Hoseya 6:2 “Azaduhembura tumaze kabiri, ku munsi wa gatatu azaduhagurutsa, kandi tuzabaho turi imbere ye”,  hano hoseya yagaragaje iminsi itatu yesu yamaze mugituro  umunsi wa mbere ntago awuvugamo avugako ku munsi wa kabiri tuzahemburwa uwagatatu akaduhagurutsa yesu yagombaga kumara iminsi…

 1,872 total views

0Shares

“Kutirengagiza kwita ku gakiza gakomeye twahawe” KANYANA Ernestine

0Shares

Mu materaniro yabereye muri imwe muri komisiyo gikorera umurimo w’Imana muri CEP yitwa IDC(Information display Commission) ,Umwigisha KANYANA Ernestine yatuganirije ku magambo meza agira ati” Benedata,mureke twite ku gakiza twahawe”  Twatangiye dusome Abaheburayo 2:1-4 [1]Ni cyo gituma dukwiriye kurushaho kugira…

 1,362 total views

0Shares

Urusengero rw’Imana nyakuri

0Shares

Yesu asohoka mu rusengero. Akigenda, abigishwa be baramusanga bashaka kumwereka imyubakire y’urusengero. Arababwira ati “Ntimureba ibi byose? Ndababwira ukuri yuko aha hatazasigara ibuye rigeretse ku rindi ritajugunywe hasi” Mat 24:1-2. Iyi minsi, isi yugarijwe n’icyorezo cya Korona virusi aho kimaze…

 2,345 total views

0Shares

Kuki benshi bakizwa ariko ntibashikame? Menya Impamvu

0Shares

Uko abatuye isi bakomeza kwiyongera ,aho usanga bagera kuri miliyari zirindwi ninako n’abakurikira Yesu bari kwiyongera., Imibare igaragaza ko mu mwaka w’2010,abakurikiye Yesu bageraga kuri miliyari ebyiri,aho mu mwaka icumi hamaze kwiyongeraho miliyoni magana atatu bishatse kuvuga ko abakristu bangana…

 1,576 total views

0Shares

Uruhare rw’itorero mu gihe isi yugarijwe n’icyorezo ni uruhe?

0Shares

Muri iki gihe isi yugarijwe n’icyorezo cya koronavirusi, ni virusi yandura mu buryo bworoshye,bikaba byatumye igihugu cyacu cy’U Rwanda gifata imyanzuro itandukanye kugira ngo hagabanywe ikwirakwiza ryayo. Inkomoko yayo nyakuri usangwa ishidikanywaho, aho usanga abantu benshi bavuga ko iyi virusi…

 1,042 total views

0Shares

“Abiringiye Uwiteka ntibazakorwa n’isoni” NIYOKWIZERWA Obed

0Shares

Dukwiye kwiringira Imana tukava kubantu  kuko ababyeyi bagutererana ariko Uwiteka niwe wenyine wokwiringirwa, abantu bafite byinshi  biringira ubwenge, imiryango,amafaranga,ubwiza ndetse ni inshuti ariko dukure amaso kubantu Twasomye ijambo ry’Imana ritubwira ngo ugushikamishijeho umutima uzamurinda abe amahoro masa ndetse Daniyeli n’abagenzibe…

 2,228 total views,  2 views today

0Shares

Mbese koko imyuka y’abapfuye ibaho? menya byinshi utaruzi.

0Shares

Abantu benshi ku isi bagira imyemerere itandukanye ku kiba k’umuntu iyo apfuye aho bamwe bavuga ko iyo umuntu apfuye ajya mu isi y’imyuka, abandi bo gupfa babifata nk’uburyo bwo kwimuka( transmigration mururumi rw’icyongereza) bamwe mubabyizera twavugamo nk’idini y’abahindu. Abandi bizera…

 3,080 total views,  2 views today

0Shares